Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
DRC: U Rwanda ntirwari mu nama y’Abagaba b’ingabo mu karere bahuye ngo bashinge umutwe wo kurwanya inyeshyamba
Abagaba b’ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’Iburasirazuba bateraniye mu nama i Goma yo gushyiraho umutwe w’ingabo z’akarere wo kurwanya…
Soma ibikurikira » -
Perezida wa DRC Tshisekedi yahamije ko adashidikanya ko u Rwanda rufasha M23
Perezida Felix Tshisekedi wa RD Congo ku cyumweru yatangaje ko “nta gushidikanya” ko u Rwanda rufasha umutwe wa M23, ariko…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwahakanye rwivuye inyuma ibyo gufasha M23, rusaba Congo kuvuga iyo nkunga
Mu gihe Leta ya Congo ikomeje gushinja u Rwanda kuba inyuma y’umutwe wa M23 ikomeje imirwano na FARDC, Guverinoma y’u…
Soma ibikurikira » -
Mu Kinigi harashwe ibisasu byakomerekeje abantu binasenya inyubako
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, mu Karere ka Musanze humvikanye ibisasu byarashwe biturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya…
Soma ibikurikira » -
Umunyamabanga wa OIF Louise Mushikiwabo yagaragaje RDF ifite mu kwiga igifaransa
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Igifaransa, Louise Mushikiwabo asanga kwigisha ururimi rw’Igifaransa mu ngabo z’u Rwanda bizazifasha kumvikana n’abatuye…
Soma ibikurikira » -
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ibyo abanyarwanda mu ngeri zose bazungukira mu kwakira CHOGM
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inyungu igihugu n’abaturage bazavana mu kwakira Inama ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango…
Soma ibikurikira » -
RDB yasabye Abahesha b’Inkiko b’Umwuga gukora kinyamwuga mu Icungwa n’Igurishwa ry’Ingwate
Hashingiwe ku mabwiriza y’umwanditsi mukuru nº 001/2020/org yo ku wa 12/05/2020 agenga ibyerekeye gucunga, gukodesha, kugurisha mu cyamunara, no kwegukana…
Soma ibikurikira » -
Perezida Paul Kagame yashimye Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ku bw’umusanzu we mu kuzahura umubano w’u Rwanda n’Ubugande
Perezida Paul Kagame yashimye Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ku bw’umusanzu yatanze n’ubushake yagaragaje kugira ngo u Rwanda na Uganda bikemure…
Soma ibikurikira » -
Imibare igaragaza igihombo u Rwanda rwagiriye mu ntambara y’u Burusiya na Ukraine
Intambara yatangiye benshi tuzi ko ari imikino kuwa 24 Gashyantare 2022, none harabura iminsi mike ngo amezi abiri yuzure rucyambikanye…
Soma ibikurikira » -
Indege ya RwandAir yakoze impanuka idakanganye ku Kibuga cy’indege cya Entebbe ihagarara mu byatsi
Indege ya RwandAir yahagurutse mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu i Kigali igiye muri Uganda yanyereye ku Kibuga cy’Indege…
Soma ibikurikira »