Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Mu Kinigi harashwe ibisasu byakomerekeje abantu binasenya inyubako
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, mu Karere ka Musanze humvikanye ibisasu byarashwe biturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya…
Soma ibikurikira » -
Umunyamabanga wa OIF Louise Mushikiwabo yagaragaje RDF ifite mu kwiga igifaransa
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Igifaransa, Louise Mushikiwabo asanga kwigisha ururimi rw’Igifaransa mu ngabo z’u Rwanda bizazifasha kumvikana n’abatuye…
Soma ibikurikira » -
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ibyo abanyarwanda mu ngeri zose bazungukira mu kwakira CHOGM
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inyungu igihugu n’abaturage bazavana mu kwakira Inama ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango…
Soma ibikurikira » -
RDB yasabye Abahesha b’Inkiko b’Umwuga gukora kinyamwuga mu Icungwa n’Igurishwa ry’Ingwate
Hashingiwe ku mabwiriza y’umwanditsi mukuru nº 001/2020/org yo ku wa 12/05/2020 agenga ibyerekeye gucunga, gukodesha, kugurisha mu cyamunara, no kwegukana…
Soma ibikurikira » -
Perezida Paul Kagame yashimye Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ku bw’umusanzu we mu kuzahura umubano w’u Rwanda n’Ubugande
Perezida Paul Kagame yashimye Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ku bw’umusanzu yatanze n’ubushake yagaragaje kugira ngo u Rwanda na Uganda bikemure…
Soma ibikurikira » -
Imibare igaragaza igihombo u Rwanda rwagiriye mu ntambara y’u Burusiya na Ukraine
Intambara yatangiye benshi tuzi ko ari imikino kuwa 24 Gashyantare 2022, none harabura iminsi mike ngo amezi abiri yuzure rucyambikanye…
Soma ibikurikira » -
Indege ya RwandAir yakoze impanuka idakanganye ku Kibuga cy’indege cya Entebbe ihagarara mu byatsi
Indege ya RwandAir yahagurutse mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu i Kigali igiye muri Uganda yanyereye ku Kibuga cy’Indege…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yageze muri Jamaica mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi 3
Perezida Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wa Jamaica, Andrew Holness, aho byitezwe ko aba bayobozi bombi bazagirana ibiganiro bigamije guteza…
Soma ibikurikira » -
Hemejwe ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rishya ry’ubutaka mu Rwanda
Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ko itegeko rishya rigenga ubutaka mu Rwanda ritangira gushyirwa mu bikorwa…
Soma ibikurikira » -
Turi igihugu gito ariko kinini mu bijyanye n’ubutabera- Perezida Kagame
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije Icyumweru cy’Icyunamo ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, bacana n’urumuri rw’icyizere rugaragaza…
Soma ibikurikira »