Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Perezida Kagame yageze muri Jamaica mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi 3
Perezida Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wa Jamaica, Andrew Holness, aho byitezwe ko aba bayobozi bombi bazagirana ibiganiro bigamije guteza…
Soma ibikurikira » -
Hemejwe ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rishya ry’ubutaka mu Rwanda
Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ko itegeko rishya rigenga ubutaka mu Rwanda ritangira gushyirwa mu bikorwa…
Soma ibikurikira » -
Turi igihugu gito ariko kinini mu bijyanye n’ubutabera- Perezida Kagame
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije Icyumweru cy’Icyunamo ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, bacana n’urumuri rw’icyizere rugaragaza…
Soma ibikurikira » -
Ukuri ku basirikare Congo yitiriye u Rwanda mu mirwano ya M23
Iminsi itatu irashize rwambikanye hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) mu misozi ya Runyoni…
Soma ibikurikira » -
Russia -Ukraine: Ba perezida bakomeye banze kuvuga icyo bakora mu gihe Uburusiya bwakoresha intwaro z’Ubumara
Mu nama y’abakuru b’Uburayi, Amerika n’ihuriro OTAN i Bruxelles ba perezida Joe Biden, Emmanuel Macron na minisitiri w’intebe Boris Johnson…
Soma ibikurikira » -
Ibyo u Rwanda rukora muri Mozambique bishingira ku mateka ya Jenoside rwanyuzemo – Perezida Kagame
Kuri uyu wa Kane tariki 24 Werurwe 2022, nibwo Perezida Kagame yagarutse kuri ibi, ubwo yari yitabiriye inama ya gahunda…
Soma ibikurikira » -
Gen. Muhoozi Kainerugaba wari umugaba mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka yasezeye mu gisirikare cya Uganda
Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Perezida wa Uganda Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko yasezeye…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame na mugenzi we Umaro Embalo wa Guinea Bissau basinyiye i Kigali amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi
Mu ruzinduko rw’iminsi itatu ari kugirira mu Rwanda kuva kuwa mbere, Nyuma yo kugirana ibiganiro mu muhezo Perezida Embaló na…
Soma ibikurikira » -
Perezida Putin yihanangirije ibihugu biri gufatira ibihano Uburusiya
Umukuru w’igihugu cy’Uburusiya Vladimir Putin avuga ko ibihano yafatiwe n’ibihugu by’Uburengerazuba kubera igitero yagabye muri Ukraine “bisa no gutangaza intambara”.…
Soma ibikurikira » -
Louise Mushikiwabo yasobanuye impamvu yo guceceka kwa OIF ku ntambara ya Ukraine
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuriwemo n’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagaragaje aho ahagaze ku giti cye ku bijyanye n’intambara iri…
Soma ibikurikira »