Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Ukraine: Joe Biden yemeye kuba yakorana inama na Putin
Perezida Joe Biden wa Amerika yameye “muri rusange” kugirana inama na Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya bakaganira ku kibazo cya Ukraine.…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Qatar
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi i Doha muri Qatar mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere. Yakiriwe n’Umuyobozi ushinzwe Protocole…
Soma ibikurikira » -
RDC yemerewe kuba’umunyamuryango wa EAC
Akanama k’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC, kamaze kwemeza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’igihugu gishya kigize uyu…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwatangaje ko rugiye gufungura umupaka wa Gatuna uruhuza n’Ubugande
Binyuze mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ku ruhande rw’u Rwanda, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko tariki 31…
Soma ibikurikira » -
Intumwa ya Perezida Yoweli K Museveni yagejeje ubutumwa bwe kuri Paul Kagame
Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare, Intumwa yihariye ya Perezida Museveni yamugejejeho ubutumwa bw’uyu mukuru w’igihugu cya Uganda. Umukuru w’Igihugu,…
Soma ibikurikira » -
Kugenzura ikoreshwa rya Mubazi byahagaze by’agateganyo nk’Umusaruro w’imyigaragambyo y’Abamotari yabaye kuwa Kane
Imyigaragambyo y’abamotari yabaye ku wa Kane mu bice bitandukanye bya Kigali, yatumye inzego zishinzwe ibibazo byabo, zifata umwanzuro ko igenzura…
Soma ibikurikira » -
Covid:Québec igiye kujya ica umusoro w’ubuzima abatarakingiwe
Intara ya Québec muri Canada igiye kujya ica umusoro w’ubuzima ku bayituyemo batakingiwe Covid-19. Québec – intara ifite umubare wa…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yakebuye abayobozi bashaka kugwingiza u Rwanda ati Bihinduke cyangwa Muhindurwe
Perezida Kagame yabwiye abayobozi ko badakwiye kurebera ibyangirika ngo biturize ahubwo abagira inama ko mu gihe babona byanze kandi bafite…
Soma ibikurikira » -
Ibyo wamenya ku kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Al Jazeera
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda ari igihugu cyavuye ku busa kiriyubaka none kikaba kigeze aho gitera imbere, gitekanye ariko…
Soma ibikurikira » -
Uganda: Islamic State yigambye igitero cy’iterabwoba i Kampala
Umutwe wiyita leta ya kisilamu (IS) wigambye kugaba igitero cy’ibisasu bibiri byaturikiye mu murwa mukuru Kampala wa Uganda ku wa…
Soma ibikurikira »