Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Prezida Kagame yagarutse ku kwigira no gushyira imbaraga mu bufatanye nk’inkingi y’iterambere rirambye
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibihugu bya Afurika kugira ngo bitere imbere, bisabwa kwigira ariko bigashyira imbaraga mu bufatanye kuko…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwamaganye raporo ya Human Rights Watch irushinja kwibasira abarimo abaryamana bahuje igitsina
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo nshya y’umuryango Human Rights Watch, irushinja kubangamira no kwibasira abarimo abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi.…
Soma ibikurikira » -
RWANDA-MOZAMBIQUE: Perezida Kagame ategerejwe muri Mozambique mu ruzinduko rw’akazi
Perezida Kagame ategerejwe muri Mozambike mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri, akaba agera muri icyo gihugu kuri uyu wa Gatanu tariki…
Soma ibikurikira » -
Sudan: Jenerali Mohamed Dagolo ‘Hemeti’ yatangaje abari inyuma y’igerageza rya coup d’état
Visi Perezida w’akanama kari ku butegetsi muri Sudan yavuze ko abanyapolitiki ari bo bo kwegekwaho igerageza ryo guhirika ubutegetsi ryaburijwemo…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame na Touadéra bijeje kudadira umubano mu nyungu z’abenegihugu
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, bakurikiranye isinywa ry’amasezerano ane nk’igihamya cyo gushimangira umubano…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame na mugenzi we wa Tanzania Mme Suluhu basuye inganda zirimo Maraphones, Volkswagen na Inyange
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan wagiriraga uruzinduko rw’iminsi ibiri i Kigali , basuye icyanya…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwasobanuye ibikubiye mu masezerano rwasinyanye na Denmark akavugisha benshi
Guverinoma y’u Rwanda yasobanuye ibikubiye mu masezerano yasinyanye na Denmark ajyanye no kwita ku mpunzi, ivuga ko hatarimo ingingo y’uko…
Soma ibikurikira » -
Rwanda:Ibyo wamenya ku mategeko mashya y’ikoreshwa rya gari ya moshi mu Rwanda
Icyizere gikomeje kwiyongera ku Banyarwanda bamaze imyaka 120 bategereje ko umunsi umwe mu rw’Imisozi igihumbi hazanyura umuhanda wa gari ya…
Soma ibikurikira » -
Rwanda – Covid: Kigali n’uturere 8 birajya muri guma mu rugo y’iminsi 10
Umujyi wa Kigali n’uturere umunani twagaragayemo kwiyongera gukomeye kw’ubwandu bwa Covid-19 byashyizwe muri gahunda ya guma mu rugo, nkuko bikubiye…
Soma ibikurikira » -
South Africa: Hitabajwe ingufu za gisirikare ngo bahoshe imidugararo
Perezida w’Afurika y’epfo Cyril Ramaphosa yasabye abaturage “kurwanya urugomo” kubera imidugararo yavutse igapfiramo abantu yatewe n’ifungwa ry’uwahoze ari Perezida Jacob…
Soma ibikurikira »