Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Kigali: Ibikorwa 170 by’ubucuruzi byakuwe mu nzu zo guturwamo mu myaka 5
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu gihe cy’imyaka 5, ibikorwa 170 muri 211 by’ubucuruzi aribyo byakuwe mu nzu zagenewe…
Soma ibikurikira » -
COP26: Amasezerano mashya yagezweho i Glasgow ku kurwanya ihindagurika ry’ikirere
Amasezerano agamije guhagarika ingaruka ikomeye y’ihindagurika ry’ikirere yagezweho mu nama ya COP26 i Glasgow muri Scotland. Aya masezerano azwi nka…
Soma ibikurikira » -
RDF yateye utwatsi ibihuha bivugwa ko hari aho ihuriye n’ibikorwa by’abahoze ari abarwanyi ba M23
Ingabo z’u Rwanda zateye utwatsi ibivugwa ko haba hari uruhare zaba zifite mu gitero cy’uwahoze ari umutwe wa M23 muri…
Soma ibikurikira » -
Kuryama saa yine z’ijoro bifitanye isano n’igabanuka ry’ibyago byo kurwara umutima
Bisa nkaho hari igihe cyiza cyo kujya kuryama – hagati ya saa yine z’ijoro (22h) na saa tanu z’ijoro (23h)…
Soma ibikurikira » -
Inama y’iminsi 4 yatangjwe mu Rwanda iribanda ku mikoranire no gushyira imbaraga muri politiki zo gucunga no kunoza ikoreshwa ry’Ubutaka nibyo nk’Umusingi w’iterambere rirambye rya Afurika
Muri 2009 umuryango wa Afurika yunze ubumwe washyizeho umwanzuro wo gushyiraho ikigo gishinzwe kugena politiki zigenga imicungire n’imikoreshereze y’Ubutabaka muri…
Soma ibikurikira » -
Facebook yahinduye izina yitwa META mu ntumbero yo kwiyubaka bushya
Facebook yahinduye izina ryayo yitwa Meta mu ntumbero yo kwubaka bundi bushya ishusho y’iyo kompanyi. Iyo kompanyi y’itumanaho rinyuze ku…
Soma ibikurikira » -
Rulindo: Padiri yatawe muri yombi na RIB akekwaho gusambanya umwana
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umupadiri wo muri Paruwasi ya Burehe mu Karere ka Rulindo ukurikiranweho icyaha cyo…
Soma ibikurikira » -
Abaminisitiri ba Afurika Yunze Ubumwe n’ab’Ubumwe bw’u Burayi barahurira i Kigali
Abagera kuri 500 barimo ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga mu Muryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi (EU) ndetse n’abo mu Muryango w’Ubumwe…
Soma ibikurikira » -
Iyo wiraye havamo no kwirata – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, arasaba abayobozi mu nzego zinyuranye z’igihugu kwirinda kwirara mu kazi bakora, bakarushaho kunoza inshingano bashinzwe,…
Soma ibikurikira » -
Menya ibyatumye Facebook, WhatsApp na Instagram zimara amasaha zihagaze
Imbuga nkoranyambaga Facebook, WhatsApp na Instagram zongeye gukora nyuma yuko zimaze amasaha hafi atandatu zidakora, nkuko ubuyobozi bwa Facebook bubivuga.…
Soma ibikurikira »