Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma Mukuralinda Alain agaragaza impungenge z’ingaruka z’intambara ya Ukraine ku Rwanda
Kuva ku itariki ya 24 Gashyantare, Intambara karundura u Burusiya bwashoje kuri Ukraine ikomeje guca ibintu, ari na ko umubare…
Soma ibikurikira » -
Russia-Ukraine: Ubwoba ku kuba Putin yarekura igisasu cya kirimbuzi
Hari ibintu byinshi byabaye mu binyacumi by’imyaka bishize ariko bikabaho benshi bateze iminsi Perezida Putin ko atabikora bakagira bati: “Putin…
Soma ibikurikira » -
Sena yafashe umwanzuro wo gutumiza Minisitiri w’Intebe kubera ibibazo by’uruhuri bivugwa mu midugudu
Inteko Rusange ya Sena yafashe umwanzuro wo gutumiza Minisitiri w’Intebe kugira ngo azatange ibisobanuro mu magambo ku ngamba zo gukemura…
Soma ibikurikira » -
Ukraine: Joe Biden yemeye kuba yakorana inama na Putin
Perezida Joe Biden wa Amerika yameye “muri rusange” kugirana inama na Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya bakaganira ku kibazo cya Ukraine.…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Qatar
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi i Doha muri Qatar mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere. Yakiriwe n’Umuyobozi ushinzwe Protocole…
Soma ibikurikira » -
RDC yemerewe kuba’umunyamuryango wa EAC
Akanama k’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC, kamaze kwemeza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’igihugu gishya kigize uyu…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwatangaje ko rugiye gufungura umupaka wa Gatuna uruhuza n’Ubugande
Binyuze mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ku ruhande rw’u Rwanda, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko tariki 31…
Soma ibikurikira » -
Intumwa ya Perezida Yoweli K Museveni yagejeje ubutumwa bwe kuri Paul Kagame
Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare, Intumwa yihariye ya Perezida Museveni yamugejejeho ubutumwa bw’uyu mukuru w’igihugu cya Uganda. Umukuru w’Igihugu,…
Soma ibikurikira » -
Kugenzura ikoreshwa rya Mubazi byahagaze by’agateganyo nk’Umusaruro w’imyigaragambyo y’Abamotari yabaye kuwa Kane
Imyigaragambyo y’abamotari yabaye ku wa Kane mu bice bitandukanye bya Kigali, yatumye inzego zishinzwe ibibazo byabo, zifata umwanzuro ko igenzura…
Soma ibikurikira » -
Covid:Québec igiye kujya ica umusoro w’ubuzima abatarakingiwe
Intara ya Québec muri Canada igiye kujya ica umusoro w’ubuzima ku bayituyemo batakingiwe Covid-19. Québec – intara ifite umubare wa…
Soma ibikurikira »