Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Rwanda:Ibyo wamenya ku mategeko mashya y’ikoreshwa rya gari ya moshi mu Rwanda
Icyizere gikomeje kwiyongera ku Banyarwanda bamaze imyaka 120 bategereje ko umunsi umwe mu rw’Imisozi igihumbi hazanyura umuhanda wa gari ya…
Soma ibikurikira » -
Rwanda – Covid: Kigali n’uturere 8 birajya muri guma mu rugo y’iminsi 10
Umujyi wa Kigali n’uturere umunani twagaragayemo kwiyongera gukomeye kw’ubwandu bwa Covid-19 byashyizwe muri gahunda ya guma mu rugo, nkuko bikubiye…
Soma ibikurikira » -
South Africa: Hitabajwe ingufu za gisirikare ngo bahoshe imidugararo
Perezida w’Afurika y’epfo Cyril Ramaphosa yasabye abaturage “kurwanya urugomo” kubera imidugararo yavutse igapfiramo abantu yatewe n’ifungwa ry’uwahoze ari Perezida Jacob…
Soma ibikurikira » -
Covid: Bwa mbere abapfuye bageze kuri 22 ku munsi, bikomeje gukomera
Mu Rwanda hatangajwe abantu 22 bishwe na Covid ku wa mbere, umubare munini mushya wa benshi bapfuye ku munsi umwe…
Soma ibikurikira » -
INGABO N’ABAPOLISI 1000 B’U RWANDA MURI MOZAMBIQUE, MENYA BYINSHI KU BUTUMWA BWO KUBUNGABUNGA AMAORO BARIMO
Kuva kuwa 9 Nyakanga, Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda 1000 batangiye kwerekeza muri Mozambique, ndetse ubu tuvugana bamaze kugera mu birindiro…
Soma ibikurikira » -
Eswatini: Leta yabeshyuje amakuru y’uko umwami Mswati III yahunze ubwami bwe
Leta ya Eswatini irahakana inkuru zivuga ko Umwami Mswati III yahungiye mu gihugu gituranyi mu gihe imyigaragambyo y’abavuga ko bashaka…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda na RDC byahuje imbaraga mu kurwanya ubucuruzi bwa zahabu bukorwa n’imitwe yitwaje intwaro
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu kwimakaza umucyo mu bucukuzi n’ubucuruzi bwa Zahabu hagamijwe…
Soma ibikurikira » -
ICYO MINISANTE IVUGA KU MPAMVU Y’IZAMUKA RIKABIJE RY’IMIBARE Y’ABANDURA COVID-19
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yavuze ko kugira ngo u Rwanda rube igihugu gitekanye kizira Covid-19, ubuzima bwongere gusubira uko…
Soma ibikurikira » -
Rwanda: Minecofin yamuritse umushinga w’ingengo y’imari ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 342 Frw
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr. Uzziel Ndangijimana, yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko, umushinga w’Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2021-2022, izaba ingana na…
Soma ibikurikira » -
Covid-19: Abava mu Bugande n’Ubuhinde baza mu Rwanda bategetswe kujya mu kato iminsi irindwi
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuzima cyatangaje ko abagenzi bavuye mu bihugu by’Ubuhinde na Uganda bagomba kujya mu kato iminsi irindwi…
Soma ibikurikira »