Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Kinshasa iratega iminsi ibiganiro bya Luanda kubera imirwano yubuye
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa DR Congo yabwiye BBC ko kubera imirwano yubuye mu minsi ishize muri teritwari ya Walikale y’Intara…
Soma ibikurikira » -
OTAN yemeza ko ingabo za Korea ya Ruguru zamaze gushika mu Burusiya
Ku ncuro ya mbere, OTAN/NATO yatangaje ko ingabo za Korea ya Ruguru ziza zaramaze koherezwa mu Burusiya, ubu zikaba zirimo…
Soma ibikurikira » -
RDF irahakana ibirego byo gufata abagore ku ngufu muri Centrafrique
Igisirikare cy’u Rwanda cyahakanye ibirego byo gusambanya abagore ku ngufu bishinjwa abasirikare bacyo bari mu butumwa muri Centrafrique, kivuga ko…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagize Maj Gen Alex Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, Maj Gen Andrew ahabwa kuyobora Diviziyo ya mbere
Perezida Kagame ari na we Mugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yagize Maj Gen Alex Kagame Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, naho Maj…
Soma ibikurikira » -
RIB yataye muri yombi umupadiri umupadiri ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 15
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umupadiri uyobora Lycée de Rusumo, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 15. Uyu…
Soma ibikurikira » -
Charles Onana n’umuzungu wamusohoreye igitabo batangiye kuburanishwa i Paris
Guhera kuri uyu wa Mbere i Paris mu Bufaransa, hatangiye urubanza rw’Umunya-Cameroun Charles Onana aregwamo gupfobya no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi.…
Soma ibikurikira » -
RGB yasohoye amabwiriza yihariye mu kwirinda virusi ya Marburg mu nsengero
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwashyizeho amabwiriza mashya ajyanye no gukumira virusi ya Marburg mu nsengero no mu misigiti arimo gushyiraho…
Soma ibikurikira » -
Tchisekedi yatashye inama itarangiye Macron asaba ko M23,ingabo z’u Rwanda na FDLR biba amateka muri RDC
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yasabye ko inyeshyamba za M23 zirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ziva mu bice…
Soma ibikurikira » -
Kanyuka wa AFC-M23 yamaganye ibyo Bintou Keita yavugiye mu nama ya UNSC
Ihuriro Alliance Fleuve Congo – rifite umutwe wa M23 – rivuga ko ibyatangajwe n’umukuru wa MONUSCO muri DR Congo ko…
Soma ibikurikira » -
ONU:Tshisekedi yasabye amahanga gufatira ibihano u Rwanda
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabye amahanga gufatira u Rwanda ibihano, yongera kurushinja ubushotoranyi runyuze mu…
Soma ibikurikira »