Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Bukavu:M23 ikomeje gukusanya intwaro zatawe n’ingabo za RDC
Abatuye mu mujyi wa Bukavu, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakomeje gukusanya intwaro zatawe n’ihuriro…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ruzakomeza ingamba z’umutekano warwo – Amb. Rwamucyo
Ambasaderi w’u Rwanda uhoraho mu Muryango w’Abibumbye (UN), Ernest Rwamucyo, ubwo ku wa Gatatu tariki 19 Gashyantare 2025, yari mu…
Soma ibikurikira » -
51% by’abana basambanye batarageza imyaka 12 muri 2023
Umuyobozi ushinzwe Ubuzima bw’Umubyeyi n’Umwana mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr. Aline Uwimana, yatangarije Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage…
Soma ibikurikira » -
Urubanza DRC yarezemo u Rwanda rwatangiye kuburanishwa i Arusha
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Gashyantare 2025, i Arusha ku Rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu, hatangiye kumvwa urubanza Repubulika…
Soma ibikurikira » -
Nyanza: Umusore w’imyaka 22 yivuganye se bapfa ko yanze kumugurira moto
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko utuye mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Muyira, arashinjwa kwica se umubyara…
Soma ibikurikira » -
RDF yemeje ko abanyarwanda 5 bishwe n’amasasu FARDC yarashe mu Rwanda
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko abaturage batanu bo mu Karere ka Rubavu bishwe n’amasasu…
Soma ibikurikira » -
RIB yafunze umuforomo ukekwaho gusambanya ku gahato umukozi ukora isuku kwa muganga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umuforomo w’imyaka 39 ukora ku kigo nderabuzima cya Ruheru mu Karere ka Nyamasheke,…
Soma ibikurikira » -
Urwego rw’Umuvunyi rwagaragaje ko hakenewe impinduka mu buryo cyamunara ikorwamo
Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, yagaragaje ko uburyo cyamunara ikorwamo kuri ubu hakirimo icyuho gishingiye ku kugabanya agaciro k’umutungo bikabije, bikagira…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yahaye umukoro abayobozi muri Minisport bamushyikirije indahiro
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi bashya ba Minisiteri ya Siporo kubyaza umusaruro uru rwego bahawe kuyobora, rukungukira igihugu n’Abanyarwanda muri…
Soma ibikurikira » -
Intumwa ya Perezida Lourenço wa Angola yakiriwe mu rugwiro
Perezida Paul Kagame yakiriye ku biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Tete Antonio, wamuzaniye ubutumwa bwihariye bwa Perezida João…
Soma ibikurikira »