Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cy’urupfu rwa Papa Francis
Nyuma yaho Papa Francis wari umushumba wa Kiliziya Gatolika yitabye Imana ku wa 21 Mata 2025 afite imyaka 88, Kiliziya…
Soma ibikurikira » -
Min Nduhungirehe yamaganye Mélenchon wahuje u Rwanda no kuba Niger yarikuye muri OIF
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye Umufaransa Jean-Luc Mélenchon, wahuje kuva mu muryango OIF (La Francophonie) kw’ibihugu no…
Soma ibikurikira » -
Burundi: Ndayishimiye yasubije i rudubi icyizere cy’ubwumvikane n’u Rwanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye gushoza intambara y’amagambo ku Rwanda, mu gihe impande zombi zari zikomeje ibiganiro bigamije gukemura…
Soma ibikurikira » -
Kigali:U Rwanda rwaciye umubano n’u Bubiligi, runirukana Abadipolomate babwo
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje iy’u Bubiligi ko yahagaritse umubano wayo nabwo mu bya dipolomasi, inategeka Abadipolomate b’iki gihugu kuba bavuye…
Soma ibikurikira » -
Kigali: Bisi yagonze imodoka ebyiri na moto
Bisi ya Yutong yari ivanye abagenzi i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge yagongeye imodoka nto mu murenge wa Gitega, bamwe…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame ntiyumva uko RDC isabiriza kandi ifite umutungo mwinshi
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itakabaye yirirwa isabiriza inkunga mu mahanga kandi ifite umutungo kamere…
Soma ibikurikira » -
Ni gute Prince Kid yafatiwe muri Amerika?
Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid wahamijwe n’ubutabera bw’u Rwanda ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ruri kwishyuza u Bwongereza arenga miliyari 89 Frw
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yasabye u Bwongereza kwishyura miliyoni 50 z’ama-Pound [arenga miliyari 89,2 Frw] akubiye mu masezerano ateganya…
Soma ibikurikira » -
Umunyemari Mironko yatsinzwe urubanza yarezemo u Rwanda mu rukiko rwa EACJ
Umunyemari Mironko François-Xavier wishyuzaga Leta y’u Rwanda miliyari 18 Frw z’impuzankano za gisirikare sosiyete ye yaguze hagati y’umwaka wa 1993…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasabye David Lammy kubaha inzira z’amahoro z’ibihugu bya Afurika.
Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, David Lammy. Baganiriye ku mubano w’u Rwanda n’u…
Soma ibikurikira »