Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
ONU:Tshisekedi yasabye amahanga gufatira ibihano u Rwanda
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabye amahanga gufatira u Rwanda ibihano, yongera kurushinja ubushotoranyi runyuze mu…
Soma ibikurikira » -
Igitekerezo cya Perezida Lourenço cyazahura umubano w’u Rwanda na RDC
Perezida wa Angola, João Lourenço, yagaragaje ko afite icyizere cyo kuba amahoro n’umutekano byagaruka mu buryo burambye mu karere k’ibiyaga…
Soma ibikurikira » -
Sean “Diddy” Combs yatawe muri yombi
Icyamamare muri hip-hop kimaze iminsi mu bibazo Sean “Diddy” Combs, yatawe muri yombi i Manhattan muri New York City ku…
Soma ibikurikira » -
Rusizi: Umuforomo akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa
Umuforomo wo mu Karere ka Rusizi akurikiranweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa w’imyaka 19 wari uje kwisuzumisha ku Kigo…
Soma ibikurikira » -
M23 yatanze umuburo w’intambara yeruye nyuma y’imirwano ikaze y’ejo
Imirwano yumvikanye “hafi umunsi wose” ku wa kane mu gace kegereye umujyi wa Goma hagati y’umutwe wa M23 n’uruhande rw’ingabo…
Soma ibikurikira » -
DR Congo – Rwanda: Muyaya yavuze ‘ingingo ebyiri’ zirimo kuganirwaho i Luanda
Minisitiri w’itumanaho wa DR Congo Patrick Muyaya yatangaje ingingo ebyiri igihugu cye n’u Rwanda birimo kuganiraho mu biganiro by’i Luanda…
Soma ibikurikira » -
Gicumbi: Umugeni yakubise ishoka umugabo we bapfuye impano
Umugore witwa Bantegeye Yvonne wo mu Murenge wa Nyankenke mu Karere ka Gicumbi, yakubise ishoka umugabo we witwa Selemani nyuma…
Soma ibikurikira » -
Abakosora ibizamini bya Leta babangamiwe n’imyandikire y’abarangiza amashuri abanza
Abakosora ibizamini bya Leta baratangaza ko babangamiwe n’imyandikire y’abanyeshuri barangiza amashuri abanza bandika nabi ku buryo inyuguti nyinsi ziba zisa…
Soma ibikurikira » -
Uganda: Ishyaka rya Bobi Wine rivuga ko arimo koroherwa nyuma yo kuraswa
Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda Bobi Wine yakomeretse ku kuguru mu guhangana n’umupolisi w’umugabo, ariko ishyaka rye rivuga ko…
Soma ibikurikira » -
Prof. Rugege arasaba kaminuza zigisha amategeko gushyira ingufu mu masomo y’ubuhuza
Prof. Sam Rugege wabaye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, ubu akaba ari Perezida wa Komite Ngishwanama y’Ubuhuza, yasabye kaminuza zigisha amategeko gushyira…
Soma ibikurikira »