Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Intumwa ya Perezida Lourenço wa Angola yakiriwe mu rugwiro
Perezida Paul Kagame yakiriye ku biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Tete Antonio, wamuzaniye ubutumwa bwihariye bwa Perezida João…
Soma ibikurikira » -
Biryogo:Umunyeshuri yabyaye umwana amuta mu bwiherero yemera ko inda yayitewe n’umuhungu wa Gitifu
Umukobwa w’imyaka ishidikanwaho wiga mu ishuri rya Camp Kigali, yatawe muri yombi nyuma y’aho abyariye umwana w’umuhungu amuta mu bwiherero.…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagaragaje inyungu u Rwanda rufite mu ishuri rishya rya OMS
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko Ishuri ry’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, ryafunguwe mu Bufaransa rije rikenewe mu gufasha…
Soma ibikurikira » -
Kayonza: Urujijo ku rupfu rw’umunyeshuri w’imyaka 16
Ubuyobozi bw’Ishuri rya Kayonza Modern School bwatangaje ko urupfu rwa Keza Kelia w’imyaka 16, rukomeje guteza urujijo nta ruhare burufitemo…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwanyomoje ibyatangajwe na Kinshasa ku isubikwa ry’ibiganiro by’abakuru b’ibihugu
Ku wa 15 Ukuboza 2024, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi akigera i Luanda, nta minota…
Soma ibikurikira » -
Musanze: Ibitaro byakiriye abarenga 1300 bakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina mu mezi umunani
Ubushakashatsi bwakozwe na USAID TUBEHO, bwagaragaje ko mu Karere ka Musanze abantu 1322 biganjemo abagore n’abana bagannye ibitaro bakorewe ihohotera…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda na RDC byashyize umukono kuri gahunda yo gusenya FDLR
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeranyije ndetse bishyira umukono kuri gahunda igaragaza uko umutwe wa FDLR uzasenywa,…
Soma ibikurikira » -
Dr Murangira wa RIB yamaganye imvugo Men are Trash y’abahezanguni muri feminism
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yasabye Abanyarwanda kwirinda gukoresha imvugo zidakwiriye zishobora no kuba intandaro y’ihohotera…
Soma ibikurikira » -
Perezida yashyizeho Ntibitura Jean Bosco ngo asimbure Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasimbuje ku mirimo Lambert Dushimirimana wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, ayiha Bwana Ntibitura Jean Bosco. Ibi…
Soma ibikurikira » -
Nyagatare: Abarimo Umuhesha w’inkiko n’umwanditsi w’urukiko batawe muri yombi bashinjwa ruswa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Mwiseneza Jerome, Umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gatunda mu Karere ka Nyagatare, Mabondo Semahoro Victor, Umuhesha…
Soma ibikurikira »