Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Johann Rupert yahigitse Dangote aba umuherwe wa mbere muri Afurika
Johann Rupert, ukomoka muri Afurika y’Epfo niwe muherwe wa mbere ku mugabane wa Afurika, umwanya yakuyeho umunyanigeriya Aliko Dangote nk’uko…
Soma ibikurikira » -
Dosiye y’abari bafite akabari kabyinamo abakobwa bambaye ubusa yashyikirijwe ubushinjacyaha
Dosiye iregwamo nyir’akabari kitwa Viga Edelweiss kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa buri buri n’uwagacungaga umunsi ku munsi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha. Aba bombi…
Soma ibikurikira » -
DRC:Abaregwa kugerageza coup d’État basabiwe urwo gupfa
Umushinjacyaha w’urukiko rwa gisirikare yasabiye igihano cyo kwicwa abantu 50 baregwa kugerageza guhirika ku ngufu ubutegetsi bwa Kinshasa tariki 19…
Soma ibikurikira » -
Kamonyi: Afungiwe mu nzererezi azira gutanga amakuru ku Bayobozi
Umuturage witwa Habimana Damien utuye mu Karere ka Kamonyi, afunzwe azira ko atanga amakuru y’ibitagenda ku bayobozi bo mu nzego…
Soma ibikurikira » -
Uburusiya bwakamejeje mu bitero byo kwihimura kuri Ukraine
Uburusiya bwibasiye Ukraine mu yindi nkubiri y’ibitero byiciwemo abantu, umunsi umwe nyuma yuko buyigabyeho kimwe mu bitero binini cyane byo…
Soma ibikurikira » -
Muhanga: Amaganya y’abacuruzi Akarere kafungiye amaduka nta nteguza
Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko batunguwe no kubona ubuyobozi bushyira ingufuri ku miryango y’amaduka bakoreramo…
Soma ibikurikira » -
Nyuma yo kuragizwa MINECOFIN, Ibimina byategetswe kujya byandikishwa mu mirenge
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (Minecofin) yatangaje ko ibimina bigomba gutangira kujya bikora byanditswe ku rwego rw’Umurenge bikoreramo, ibyari bisanzwe bikora bitegekwa…
Soma ibikurikira » -
Menya imishahara y’abayobozi bashya muri Guverinoma
Akazi katangiye ku bayobozi bashya baherutse gushyirwa mu myanya no kuzirahirira. Ni abayobozi bafite akazi gakomeye nk’uko Perezida Kagame yabivuze…
Soma ibikurikira » -
Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko mu Rwanda rwatangije umubano n’urwo muri Cameroun
Ubufatanye mu gusangira ubumenyi n’amakuru ku mikorere y’umwuga w’Ubuhesha bw’inkiko ni kimwe mu mapfundo ahambiriye ubufatanye bwavutse kuri uyu wa…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasabye abarahiriye inshingano kuzireka hakiri kare niba batazishoboye.
Perezida Kagame Paul yabwiye abayobozi barahiriye kwinjira muri Guverinoma nshya ko aho kugira ngo umuntu yemere inshingano ntazikore neza, yagira…
Soma ibikurikira »