Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
CYAMUNARA Y’INZU IRI MU KIBANZA GIFITE UPI:2/03/12/01/1361 GIHEREREYE RUHERU NYARUGURU
View FullscreenSkip to PDF content
Soma ibikurikira » -
Ubwizigame bw’amadovize y’igihugu bwariyongereye bugera ku yakoreshwa amezi 4,7
Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR yatangaje ko ubwizigame bw’igihugu mu madovize bwavuye kuri miliyari 1.827 $ muri Kamena 2023 bugera…
Soma ibikurikira » -
Abasore bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Kayirangwa Olga barekuwe
Abasore babiri bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa barekuwe. Umuvugizi w’Inkiko mu Rwanda Harrison Mutabazi, yabwiye Kigali Today…
Soma ibikurikira » -
Ububiligi bwashatse kwitambika inkunga ya miliyoni 20 z’Amayero zahawe RDF muri Cabo Delgado
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wemeje bidasubirwaho icyemezo cyo gutanga indi nkunga ya miliyoni 20 z’Amayero (miliyari 28 Frw), mu gushyigikira…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda mu bisubizo bishobora gukiza USA ikibazo cy’abimukira?
Itsinda rya Perezida Trump riri kwiga ku buryo bwo kohereza abimukira bari muri Amerika mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu bihugu…
Soma ibikurikira » -
Perezida Ndayishimiye yategetse ko abarenga 5400 bafungurwa
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yategetse ko abantu 5442 bafungiwe mu magereza atandukanye y’iki gihugu, bafungurwa mu gihe kitarenze ibyumweru…
Soma ibikurikira » -
Baku:RDC yashinje u Rwanda kuyibuza kurwanya ihindagurika ry’ikirere
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yashinje u Rwanda kubuza igihugu cyabo kurwanya ihindagurika ry’ikirere.…
Soma ibikurikira » -
Kayonza: Abayobozi b’ikigo cy’amashuri barimo Ababikira babiri batawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi b’ikigo cy’amashuri cya ‘Saint Christopher TVET’ giherereye mu Karere ka…
Soma ibikurikira » -
RDF yataye muri yombi umusirikare warashe abantu batanu i Nyamasheke
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko bwataye muri yombi umusirikare witwa Sergeant Minani Gervais w’imyaka 39 y’amavuko, akaba akurikiranyweho…
Soma ibikurikira » -
Rulindo: Nyuma yo kuba Umujyanama wa Meya Gitifu yasabwe ibisobanuro
Mu nkuru z’ikinyamakuru BWIZA zo mubihe bitandukanye zagarutse kuri dosiye y’uwahoze ari Gitifu w’Umurenge wa Mbogo mu Karere ka Rulindo…
Soma ibikurikira »