Rwanda:Ibyo wamenya ku mategeko mashya y’ikoreshwa rya gari ya moshi mu Rwanda
Icyizere gikomeje kwiyongera ku Banyarwanda bamaze imyaka 120 bategereje ko umunsi umwe mu rw’Imisozi igihumbi hazanyura umuhanda wa gari ya moshi, ingendo hagati y’u Rwanda n’ibindi bihugu zikoroha, ubucuruzi bukazamukana ingoga.
Imyaka ibiri n’igice irihiritse u Rwanda na Tanzania bisinye amasezerano yo kubaka umuhanda wa Gari ya Moshi uhuza Umujyi wa Isaka muri Tanzania n’uwa Kigali mu Rwanda w’ibilometero 532.
Umwotsi wera wacumbye! Ku wa Mbere tariki 26 Nyakanga 2021, Minisitiri w’Ibikorwaremezo Amb. Claver Gatete yari imbere y’Inteko Ishinga Amategeko asobanura umushiga w’itegeko rigenga gutwara abantu n’ibintu ku butaka no mu mazi.
Muri uwo mushinga harimo igice kivuga ku mategeko azagenga gutwara abantu n’ibintu muri gari ya moshi, rikaba ari irya mbere ryo muri ubwo bwoko ribayeho kuva u Rwanda rwitwa rwo.
Ni amategeko akakaye uhereye ku guhabwa icyangombwa cyo gutwara gari ya moshi aho uyitwara agomba kuzirana n’icyitwa igisindisha, kugeza ku bagenzi bayirimo bashobora kuyifungirwamo igihe bateje imvururu.
Minisitiri Gatete yavuze ko batekereje kuri uyu mushinga w’itegeko nyuma yo kubona ibikorwa byo kubaka no gukoresha inzira za gari ya moshi bishyizwemo imbaraga na Guverinoma y’u Rwanda.
Ingero z’umuhanda zirihariye, kuwusagarira ni ikizira!
Mu gihe Abanyarwanda bari bamenyereye imihanda isanzwe ifite ubugari butarenga metero icumi, Gari ya moshi yo ni ibindi bindi. Umushinga w’Itegeko mushya uvuga ko ubugari bw’inzira za gari ya moshi n’imbibi zayo buzaba ari metero 60.
Icyakora, ubugari bw’inzira za gari ya moshi n’imbibi zayo mu Mujyi wa Kigali no mu tundi duce dufatwa nk’imijyi buzajya bugenwa hakurikijwe igishushanyo mbonera cy’aho hantu.
Uwo mushinga w’itegeko uvuga ko nta muntu wemerewe gukoresha, kubangamira cyangwa gushyira inyubako mu mbibi z’inzira ya gariyamoshi keretse abiherewe uruhushya na Minisitiri.
Polisi ni yo ishinzwe umutekano mu nzira za Gari ya moshi
Nk’uko bisanzwe mu gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo imbere mu gihugu, Polisi ni yo yahawe inshingano zo gucunga umutekano wo mu nzira za gari ya moshi.
Itegeko risaba ko mu nzira ya gari ya moshi zo munsi y’ubutaka, sitasiyo n’ahandi gari ya moshi zihagarara, hagomba kuba hari ibikoresho byo kurinda no kuzimya inkongi, uburyo bwo kwinjiza umwuka wo guhumeka,ibikoresho by’ubutabazi n’uburyo bw’ubutabazi.
Inzoga k’utwara gari ya moshi ni ikizira
Umushinga w’itegeko werekana ko Gari ya moshi ifite abakozi batandukanye ariko abagaragazwa nk’abafite inshingano zikomeye ni abakapiteni, abayobozi n’ abayobozi bungirije bayo.
Hejuru y’ibyangombwa bibemerera gukora ako kazi, aba bayobozi ntibagomba gukora akazi bafite igipimo cya alcool kiri hejuru ya garama zero n’ibice zero (0.0 g) muri litiro imwe y’amaraso. Ni ukuvuga ko nta gisindisha n’igisa nka cyo bagomba kuba banyoye.
Ni ibintu bizajya bigenzurwa cyane kugira ngo bemererwe gutangira urugendo.
Mu gihe hari ubirenzeho agasoma agacupa, itegeko rigaragaza ko azaba akoze icyaha. Uzabihamwa n’urukiko, azajya ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atatu ariko kitarenze amezi atandatu n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi magana abiri na mirongo itanu ariko atarenze ibihumbi 500 Frw.
Mu gihe kapiteni cyangwa uwo muyobozi ateje cyangwa akoze impanuka yo mu muhanda, azahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atandatu ariko kitarenze umwaka umwe n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi 250 ariko atarenze ibihumbi 500.
Gari ya moshi izaba ifite kasho y’agateganyo
Itegeko rishya riha ububasha kapiteni, ko mu rugendo rwa gari ya moshi, afite uburenganzira bwo gufunga by’agateganyo umuntu ukora ibikorwa by’ubugizi bwa nabi, uteza umutekano muke muri gari ya moshi no kumugeza ku biro bya polisi cyangwa ku nzego z’ibanze igihe gari ya moshi ihagaze kuri gare iri hafi.
Kuba ashobora kumufunga by’agategenyo, byumvikana ko hazaba harimo ahantu hihariye hateganyirijwe gufungirwa by’agateganyo.
Itegeko rivuga ko mu gihe ari ngombwa ku mpamvu zo kubungabunga umutekano wa gari ya moshi, kapiteni afite uburenganzira bwo gutanga amabwiriza ku bagenzi kandi agomba kumenyesha abandi bakozi cyangwa ubuyobozi bwa gare imwegereye ikintu gitunguranye kibangamiye umutekano.
Kapiteni wa gari ya moshi ashobora kwanga kuyitwara mu gihe atizeye umutekano wayo.
Uburambe burenze imyaka ibiri ku muyobozi wa gari ya moshi
Kugira ngo umuntu yemererwe gutwara gari ya moshi, Itegeko rivuga ko agomba kuba afite imyaka itari munsi 18 y’amavuko ariko atarengeje imyaka 65 y’amavuko. Agomba kuba afite icyemezo cy’ubuzima bwiza n’icy’ubunyamwuga mu gutwara gari ya moshi gitangwa n’ibigo bibyigisha.
Ushaka gutwara gari ya moshi kandi agomba kuba afite uburambe butari munsi y’amezi 24 nk’umuyobozi wungirije wa gari ya moshi. Agomba kandi kuba yaratsinze ikizamini cyo gutwara ubwoko bwa gari ya moshi nk’uko bigaragara ku ruhushya rwo gutwara gari ya moshi.
Mu gihe umuntu afashwe atwaye gari ya moshi nta ruhushya, akabihamywa n’urukiko, azajya ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atatu ariko kitarenze amezi atandatu n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi 250 ariko atarenze ibihumbi 500.
Umuntu cyangwa ikigo gitwara abantu muri gari ya moshi bagomba kugira ubwishingizi ku buryozwe bw’abantu cyangwa ibintu byakwangizwa no gukoresha gari ya moshi.
Mu gihe yateje cyangwa yakoze impanuka, azajya ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atandatu, ariko kitarenze umwaka umwe n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi 250 ariko atarenze ibihumbi 500.
Ku ruhande rw’u Rwanda, inzira umuhanda wa gari ya moshi uzanyuramo yerekana ko uzanyura ku Rusumo ukagera mu Mujyi wa Kigali [ahari Dubai Ports muri Kicukiro] ariko hakiyongeraho agace k’ibilometero 18 kagera ku Kibuga cy’Indege cya Bugesera.
U Rwanda rukeneye miliyari 1.3$ azarufasha kubaka inzira ya gari ya moshi ireshya n’ibilometero 138 mu gihe Tanzania ari na yo ifite igice kinini [394 Km] izakoresha miliyari 2.3$.
Minisitiri Gatete yabwiye abagize Inteko Ishinga Amategeko ko ko inyigo y’uwo muhanda yarangiye hasigaye gutegura uburyo uzashyirwa mu bikorwa cyane mu bijyanye n’amafaranga azakoreshwa.
Do you have a spam issue on this site; I also am a blogger, and I was curious about your situation; many of us have developed some nice methods and
we are looking to exchange methods with others, be sure to shoot me an e-mail if interested.
This website was… how do I say it? Relevant!! Finally I’ve found
something which helped me. Thanks a lot!
Hi! I’ve been following your website for a long time now and finally got the courage to go ahead
and give you a shout out from Humble Texas!
Just wanted to say keep up the good work!
I am sure this post has touched all the internet people, its
really really nice post on building up new webpage.
Howdy! This post could not be written much better! Looking at this post reminds me of my previous roommate!
He always kept talking about this. I most certainly will
forward this information to him. Fairly certain he’s going to have a great read.
I appreciate you for sharing!
Excellent way of telling, and fastidious article to get facts
concerning my presentation subject, which i am going to deliver
in school.
Highly descriptive post, I liked that a lot. Will there be a
part 2?
I think that what you posted was very logical. However, think about this, what
if you were to write a killer headline? I am not saying your information is not solid., but suppose you added
a title to maybe grab folk’s attention? I mean Rwanda:
Ibyo wamenya ku mategeko mashya y’ikoreshwa rya gari ya moshi
mu Rwanda – Ahabona is kinda vanilla.
You could look at Yahoo’s front page and see how they create news headlines to grab people
interested. You might add a related video or a related picture
or two to get people interested about everything’ve written. Just my
opinion, it would bring your blog a little bit
more interesting.
First of all I would like to say wonderful blog!
I had a quick question in which I’d like to ask if you do not mind.
I was interested to find out how you center yourself and clear your head before writing.
I’ve had a tough time clearing my thoughts in getting my thoughts out
there. I do take pleasure in writing however it just seems like the first 10 to 15 minutes are usually lost simply just trying to figure out how to begin. Any suggestions or tips?
Kudos!
These are actually impressive ideas in concerning blogging.
You have touched some fastidious factors here.
Any way keep up wrinting.
Thanks in favor of sharing such a pleasant thought,
article is good, thats why i have read it fully
You are leaving our website and linking to an alternate
web site nott operated by us.
Heree is my webpage … 이지론
farmacia online piГ№ conveniente: Farma Prodotti – Farmacia online piГ№ conveniente
п»їFarmacia online migliore
esiste il viagra generico in farmacia: Viagra – viagra pfizer 25mg prezzo
Loyalty programs reward regular customers generously.: phtaya.tech – phtaya
Online gaming is also growing in popularity.: phmacao – phmacao.life
https://jugabet.xyz/# La variedad de juegos es impresionante.
Live dealer games enhance the casino experience.
Slot machines attract players with big jackpots. https://phmacao.life/# Players must be at least 21 years old.
Las estrategias son clave en los juegos.: jugabet – jugabet
Some casinos have luxurious spa facilities.: phtaya casino – phtaya
Resorts provide both gaming and relaxation options.: taya777 app – taya777 app
Some casinos have luxurious spa facilities.: phmacao com – phmacao com
Gambling can be a social activity here.: phmacao – phmacao com
http://taya777.icu/# Casino visits are a popular tourist attraction.
Live dealer games enhance the casino experience.
Los casinos organizan noches de trivia divertidas.: winchile casino – winchile
Slot machines attract players with big jackpots.: phtaya.tech – phtaya login
Gaming regulations are overseen by PAGCOR.: phtaya login – phtaya
https://taya365.art/# Some casinos feature themed gaming areas.
Many casinos have beautiful ocean views.
jugabet jugabet chile La mГєsica acompaГ±a la experiencia de juego.
Gambling can be a social activity here.: taya777 – taya777.icu
http://jugabet.xyz/# La mayorГa acepta monedas locales y extranjeras.
Many casinos host charity events and fundraisers.
Las ganancias son una gran motivaciГіn.: winchile.pro – win chile
https://phmacao.life/# Casinos offer delicious dining options on-site.
The ambiance is designed to excite players.
Visitors come from around the world to play.: taya777 login – taya777
La seguridad es prioridad en los casinos.: win chile – win chile
Los bonos de bienvenida son generosos.: jugabet – jugabet chile
Casinos often host special holiday promotions.: taya777 login – taya777.icu
http://taya365.art/# п»їCasinos in the Philippines are highly popular.
Manila is home to many large casinos.
Security measures ensure a safe environment.: phmacao – phmacao club
Slot tournaments create friendly competitions among players. https://taya365.art/# Slot tournaments create friendly competitions among players.
The poker community is very active here.: phtaya login – phtaya casino
The thrill of winning keeps players engaged.: phtaya – phtaya login
п»їLos casinos en Chile son muy populares.: jugabet chile – jugabet chile
drugmart: rx pharmacy coupons – drug mart
discount drug mart pharmacy: discount drug pharmacy – buying prescription drugs from canada
canada discount pharmacy: canadian pharmacy ltd – easy canadian pharm
mail order pharmacy no prescription https://familypharmacy.company/# online pharmacy delivery usa
canadian online pharmacy no prescription https://discountdrugmart.pro/# discount drug mart
mexican mail order pharmacies: xxl mexican pharm – xxl mexican pharm