Andi Makuru

Perezida Kagame yibukije abaminisitiri bato mu myaka yahaye inshingano ko kuyobora atari iby’abakuru gusa

Perezida Kagame yavuze ko gufata inshingano zaba izo kuyobora cyangwa izindi zitandukanye bidasaba kuba umuntu ari mukuru ahubwo abakiri bato bakwiye kumenya ko atari abo gukurikira gusa ahubwo nabo bagomba kuyobora.

Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa 24 Kanama 2023, ubwo yari amaze kwakira indahiro z’abayobozi bashya baherutse kwinjira muri Guverinoma barimo Maj Gen Albert Murasira wahawe kuyobora Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi [MINEMA].

Abandi bayobozi barahiriye inshingano nshya ni Jeanine Munyeshuli wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi na Sandrine Umutoni wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko.

Perezida Kagame yashimiye abarahiye kubwo kwemera gukorera igihugu, ashimangira ko ari ibisanzwe kuko bari basanzwe bafite indi mirimo itandukanye bakoreye igihugu.

Ati “Ariko buri gihe nta wabura kwibutsa ko imirimo nk’iyi kuri uru rwego iba igamije kugira ngo abantu bafata inshingano kuri bo ubwabo, abo bayobora ariko ikibisumba byose kikaba ko tuba dukorera igihugu cyacu.”

Umukuru w’Igihugu yavuze ko abamaze kurahira ari umugabo umwe n’abagore babiri, kandi bakiri bato, ibintu avuga ko biba byakozwe hagamijwe guha urubyiruko inshingano kugira ngo bakure bumva ko badakurikira gusa ahubwo bakwiye no kuyobora mu bikorwa byo kubaka igihugu.

Ati “Mu rubyiruko twari dufite minisitiri muto ukura, ariko yari umugabo nifuzaga rero ko tugiramo n’umudamu. Ubwo ndibwira ko urubyiruko rwacu ari abakobwa, abahungu, abagore bazabibonamo.”

“Kugira ngo babibonemo ariko ntabwo ari uko umwe ari umugabo undi ari umugore ahubwo bagomba kubibonamo mu bikorwa kandi bijyanye n’uko ababikora, ababiyoboramo abandi bari muri ya myaka navugaga aho nabo bari mu rwego rw’urubyiruko kugira ngo bigaragaze ko abagomba gufata inshingano atari abo mu myaka nk’iyacu ahubwo n’abato nabo bagomba kubibyirukiramo bakabikuriramo.”

Perezida Kagame yavuze ko gufata inshingano , kugira imico yubaka cyangwa iyobora bitari iby’abakuru, ahubwo bikwiriye guhera ku bato.

Ati “Ariko cyane cyane ndavuga ko gufata inshingano, kugira imico yubaka, iyobora ntabwo ari iby’abakuru gusa, bikwiye guhera ku bato.”

“Ibisigaye rero muzabisanga ku kazi, ni ibisanzwe. Aho muvuye n’aho mugiye, akazi wenda kariyongera ariko ntabwo ari akazi gashya nk’ako bamwe muri twe twinjiye mu kazi, tutigeze twumva, tubona ariko wageramo ugahera ko ufata umurongo. »

Umukuru w’Igihugu yibukije aba bayobozi bashya barahiriye inshingano ko bazisanzemo abandi bityo bagomba gufatanya haba mu kongera imbaraga mu bizima bazasanga no gukosora ibyo bazasanga bitameze neza.

Ati ‘‘Ndagira ngo muve aha mwumva ko akazi katangiye ejo, ntabwo ari uyu munsi. Mukomereze aho rero mukore ibishoboka.’’

Iby’ibanze ku bayobozi barahiye

Jeanine Munyeshuli yaminuje ibijyanye n’ubukungu ndetse akaba abimazemo imyaka irenga 10 abikora nk’akazi ke ka buri munsi.

Afite impamyabumenyi y’icyiciro cya Gatatu cya Kaminza mu bijyanye n’ubukungu [Masters in Economics and Statistics], yakuye muri Kaminuza y’i Genève mu Busuwisi.

Avuga neza Ikinyarwanda, Igiswahili, Icyongereza n’Igifaransa ndetse akongeraho n’Ilingala n’Icyespanyolo.

Kuva mu 2021, yari Umuyobozi ushinzwe Igenamigambi muri Kaminuza y’Ubuvuzi ya Global Health Equity ndetse akaba yari mu bagize Inama y’Ubutegetsi yayo.

Munyeshuli kandi ni Umuyobozi Wungirije w’Inama y’Ubutegetsi ya Cogebanque Plc.

Kuva mu 2017, yakoreye ikigo cya SouthBridge Rwanda nk’umugishwanama ndetse aba n’umuyobozi wacyo ushinzwe ibikorwa.

Kuva mu 1998, Munyeshuli yakoreye ibigo bitandukanye mu Busuwisi birimo Picket Group na Unigestion mu bijyanye n’imari.

Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj Gen Murasira Albert yize ibijyanye n’Imibare aho abifitemo impamyabumenyi y’icyiciro cya kaminuza yavanye mu yahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda.

Mbere yo guhabwa kuyobora MINEMA, yari Minisitiri w’Ingabo kuva mu 2018.

Mu 2016, yakuye impamyabumenyi y’icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza muri Kaminuza ya Liverpool mu Bwongereza aho yizeyo ibijyanye no gucunga imishinga.

Mu 2011 yagiye kwiga ymu Bushinwa muri ‘PLA Nation Defence University’ aho yize ibijyanye n’ubwirinzi. Mu 2004 yize amasomo ajyanye n’imiyoborere muri Ghana Institute of Management and Public Administration.

Sandrine Umutoni yatangiye gukora mu Imbuto Foundation kuva mu 2015, ndetse mu mwaka wakurikiyeho yahise agirwa Umuyobozi Mukuru w’uyu muryango washinzwe na Madamu Jeannette Kagame.

Mbere yo kugera mu Imbuto Foundation, Umutoni yakoze mu Miryango Mpuzamahanga itandukanye irimo uwita ku mpunzi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Umutoni yize ibijyanye n’Ububanyi n’Amahanga, Itumanaho ndetse n’ibijyanye no gusemura indimi.

Ni umwanditsi w’ibitabo by’abana ndetse afite igitabo cyahawe igihembo cya Naima’s Prize mu 2016.

Mu 2020, Umutoni yashyizwe ku rutonde rw’abagore 100 bavuga rikumvikana muri Afurika.

Afite impamyabumenyi y’Icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’Ububanyi n’Amahanga yakuye muri Agnes Scott College (Decatur, GA/USA), afite kandi indi yavanye muri Georgia State University (Atlanta, GA/USA).

Avuga neza Igifaransa, Icyongereza n’Ikinyarwanda ndetse akaba anagerageza kuvuga Icyespanyoro.

Igihe.com

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 74

  1. Simple guide to [url=https://staking-polygon.com/polygon-staking-apy/]Polygon staking APY[/url] — useful when comparing expected yield, network conditions, and realistic reward assumptions.

  2. UpvoteRocket is the leading automated voting service for private MMORPG servers. Our system climbs toplist rankings on XtremeTop100, TopG, GTop100, Top100Arena, and 20+ other platforms with intelligent automation that blends seamlessly with natural traffic. Every vote is delivered through authentic connections with realistic timing patterns to maximize success rates. Whether you run a Ragnarok, World of Warcraft, Mu Online, Lineage 2, or Perfect World server, we handle the voting so you can focus on your game. Pay only for successful votes, track progress in real-time, and watch your server rise to #1 while you sleep.

  3. I’ve been active for several months, mostly for learning crypto basics, and it’s always easy onboarding. The updates are frequent and clear.

  4. I personally find that this platform exceeded my expectations with accurate charts and stable performance. Great for cross-chain swaps with minimal slippage.

  5. Write more, thats all I have to say. Literally, it seems as though you relied on the video to make your point. You clearly know what youre talking about, why waste your intelligence on just posting videos to your weblog when you could be giving us something informative to read?

  6. My coder is trying to convince me to move to .net from PHP. I have always disliked the idea because of the expenses. But he’s tryiong none the less. I’ve been using WordPress on several websites for about a year and am anxious about switching to another platform. I have heard fantastic things about blogengine.net. Is there a way I can transfer all my wordpress content into it? Any help would be greatly appreciated!

  7. Your ducky deserve the advantageously instinctive concern besides. Browse our organic cbd oil survival of the fittest crafted specifically for frank and chuck involve CBD for deary anxiety or articulate endorse. word with pet-safe fixings, our CBD ducky vegetable oil and CBD frankfurter handle service calm neural pets during storms or travel. move over your animals organic fertilizer CBD moderation as they get on. select lab-tested CBD for frank, grease one’s palms pet CBD on-line, and relish peacefulness of intellect sleep with your furred ally get high-quality, good CBD!

  8. I have been surfing online more than three hours these days, but I never found any attention-grabbing article like yours. It is beautiful worth enough for me. In my view, if all site owners and bloggers made excellent content as you did, the web will probably be a lot more helpful than ever before.

  9. Valuable info. Lucky me I found your website by accident, and I’m shocked why this accident didn’t happened earlier! I bookmarked it.

  10. You really make it seem so easy with your presentation but I find this topic to be actually something that I think I would never understand. It seems too complex and very broad for me. I’m looking forward for your next post, I?ll try to get the hang of it!

  11. Thanks for the new stuff you have disclosed in your post. One thing I want to touch upon is that FSBO interactions are built eventually. By bringing out yourself to the owners the first weekend break their FSBO is usually announced, prior to masses start off calling on Friday, you produce a good relationship. By sending them tools, educational supplies, free records, and forms, you become a good ally. If you take a personal curiosity about them and their predicament, you make a solid link that, many times, pays off if the owners opt with an adviser they know and trust – preferably you.

  12. Thanks for the article. My spouse and i have constantly observed that the majority of people are needing to lose weight simply because wish to look slim and attractive. Having said that, they do not generally realize that there are other benefits for losing weight also. Doctors say that over weight people are afflicted with a variety of diseases that can be directly attributed to their own excess weight. The good news is that people who definitely are overweight along with suffering from different diseases are able to reduce the severity of the illnesses through losing weight. It’s possible to see a gradual but identifiable improvement in health as soon as even a bit of a amount of weight loss is obtained.

  13. I have learned a number of important things via your post. I’d also like to say that there may be a situation that you will make application for a loan and never need a co-signer such as a National Student Aid Loan. In case you are getting a loan through a conventional lender then you need to be made ready to have a co-signer ready to make it easier for you. The lenders can base any decision using a few factors but the greatest will be your credit score. There are some loan providers that will in addition look at your job history and decide based on that but in most cases it will depend on your scores.

  14. I have noticed that of all different types of insurance, medical health insurance is the most dubious because of the turmoil between the insurance company’s need to remain making money and the client’s need to have insurance plan. Insurance companies’ commission rates on health and fitness plans are incredibly low, hence some companies struggle to make a profit. Thanks for the strategies you share through this web site.

  15. At this time it sounds like WordPress is the top blogging platform available right now. (from what I’ve read) Is that what you are using on your blog?

  16. An attention-grabbing dialogue is value comment. I feel that you should write extra on this topic, it may not be a taboo topic but generally people are not enough to speak on such topics. To the next. Cheers

  17. Thanks for discussing your ideas here. The other factor is that each time a problem takes place with a laptop or computer motherboard, people today should not consider the risk with repairing the item themselves for if it is not done properly it can lead to permanent damage to the whole laptop. In most cases, it is safe to approach your dealer of that laptop with the repair of the motherboard. They will have technicians that have an competence in dealing with laptop computer motherboard challenges and can have the right diagnosis and execute repairs.

  18. Thanks for this wonderful article. One other thing is that nearly all digital cameras come equipped with some sort of zoom lens that enables more or less of your scene being included simply by ‘zooming’ in and out. These kinds of changes in {focus|focusing|concentration|target|the a**** length tend to be reflected within the viewfinder and on substantial display screen at the back of any camera.

  19. Youre so cool! I dont suppose Ive read anything like this before. So nice to search out any individual with some original thoughts on this subject. realy thanks for beginning this up. this website is something that is needed on the internet, someone with a bit originality. helpful job for bringing one thing new to the internet!

  20. Very good blog you have here but I was curious about if you knew of any message boards that cover the same topics talked about in this article? I’d really like to be a part of group where I can get advice from other experienced people that share the same interest. If you have any suggestions, please let me know. Appreciate it!

  21. Have you ever thought about writing an ebook or guest authoring on other websites? I have a blog based upon on the same topics you discuss and would really like to have you share some stories/information. I know my audience would value your work. If you’re even remotely interested, feel free to shoot me an e mail.

  22. I think other site proprietors should take this web site as an model, very clean and wonderful user genial style and design, as well as the content. You’re an expert in this topic!

  23. Thanks for your write-up. One other thing is that if you are promoting your property alone, one of the issues you need to be alert to upfront is when to deal with house inspection reports. As a FSBO supplier, the key about successfully shifting your property plus saving money upon real estate agent income is understanding. The more you know, the simpler your sales effort might be. One area exactly where this is particularly crucial is home inspections.

  24. Through my research, shopping for electronic devices online can for sure be expensive, however there are some principles that you can use to acquire the best bargains. There are constantly ways to find discount promotions that could help to make one to ge thet best gadgets products at the cheapest prices. Good blog post.

  25. Thanks for the thoughts you are revealing on this blog. Another thing I would really like to say is that getting hold of duplicates of your credit file in order to look at accuracy of the detail is one first motion you have to accomplish in credit improvement. You are looking to thoroughly clean your credit profile from dangerous details flaws that ruin your credit score.

  26. I?d must examine with you here. Which isn’t something I often do! I take pleasure in studying a post that will make individuals think. Additionally, thanks for permitting me to remark!

  27. I’ve been surfing online more than three hours today, yet I never found any interesting article like yours. It?s pretty worth enough for me. Personally, if all site owners and bloggers made good content as you did, the web will be a lot more useful than ever before.

  28. Someone essentially help to make seriously articles I would state. This is the very first time I frequented your website page and thus far? I surprised with the research you made to create this particular publish amazing. Wonderful job!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button