Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
DR Congo: Umujyi w’ingenzi wa Kitshanga wafashwe na M23
Nyuma y’imirwano ikomeye yabaye kuwa kane, umujyi wa Kitshanga/Kitchanga muri teritwari ya Masisi wafashwe n’inyeshyamba za M23, nk’uko zibyemeza. Imiryango…
Soma ibikurikira » -
DRC-RWANDA Reta ya Congo yatunguranye ivuga ko Indege yayo Sukhoi yarasiwe mu kirere cya DRC
Leta y’u Rwanda yatangaje ko “hafashwe ingamba z’ubwirinzi” ku ndege y’intamabara ya Sukhoi-25 ya DR Congo “yavogereye ikirere cy’u Rwanda…
Soma ibikurikira » -
Urukiko rwo muri Amerika rwateye utwatsi ikirego gishinja u Rwanda gushimuta Rusesabagina
Umucamanza mu rukiko rw’i Washington D.C muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, yatesheje agaciro ikirego cy’umuryango wa Rusesabagina Paul wareze…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ntiruzazuyaza kwirwanirira nirushozwaho intambara – Alain Mukuralinda
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko ntawe u Rwanda ruzashozaho intambara, ariko mu gihe rwayishorwamo rwiteguye…
Soma ibikurikira » -
“IKIBAZO CY’UMUTAKANO MUCYE MU KARERE CYITWA U RWANDA” TCHISEKEDI ASUBIZA CLARE AKAMANZI
Clare Akamanzi uyobora Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, yabajije Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, impamvu igihugu cye…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ruhangayikishijwe n’akaga katerwa n’imyitwarire ya DRCongo
Leta y’u Rwanda yagaragaje ko ihangayikishijwe n’imyitwarire ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gusubiza irudubi intambwe zigeragezwa guterwa hagamijwe…
Soma ibikurikira » -
Vatikani: Papa Benedicto 16 yashyinguwe mu buryo bufite umwihariko
Papa Francis yayoboye umuhango wo gushingura Papa Benedict i Vatikano, rimwe akanyuzamo agakora ku sanduku ye ikoze mu mbaho mu…
Soma ibikurikira » -
Kandidature ya Moise Katumbi ni ikibazo kuri Tshisekedi
Nyuma yo gutangaza ko azaba umukandida perezida mu matora yo mu Ukuboza 2023, Moïse Katumbi yabaye ikiganiro mu mpande zose…
Soma ibikurikira » -
Argentine yegukanye igikombe cy’Isi byongera ubuhangage bwa Messi nk’umwami w’ibihe byose muri Ruhago
Kuri Lusail Stadium, Lionel Messi yashyikiriye igikombe kiruta ibindi yari yaraharaniye imyaka myinshi bikanga mu gihe cye cyose akinira ikipe…
Soma ibikurikira » -
DRC: Tshisekedi yatakambiye Biden amusaba ko Amerika ‘ishyira igitutu’ ku Rwanda
Perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we Joe Biden ko Amerika “yinjira cyane” mu kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo, nk’uko…
Soma ibikurikira »