Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Igitabo Livre Blanc cyashyizwe hanze na DRC kibutsa icyo byitiranwa cyashyizwe hanze n’u Rwanda kubwa Habyarimana
Muri Mutarama 1991, Guverinoma y’u Rwanda yari iyobowe na Perezida Juvenal Habyarimana, yashyize hanze igitabo yise ‘Livre blanc sur l’agression…
Soma ibikurikira » -
DR Congo: Ngoma wa M23 na Ruvugayimikore wa FDLR mu bantu 8 bafatiwe ibihano na EU
Akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi kafatiye ibihano abantu umunani kubera imirwano yo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi…
Soma ibikurikira » -
Monusco ikomeje gushinja M23 kuba inyuma y’ubwicanyi bw’abarenga 100 uri Kishishe na Bambo
Iperereza ry’ibanze ryakorewe hafi y’uduce twa Kishishe na Bambo muri Rutshuru rivuga ko abasivile bagera ku 131 bishwe na M23…
Soma ibikurikira » -
Arenga miliyari 600 Frw yinjijwe n’Ubucuruzi bw’Amabuye y’Agaciro mu mezi icyenda
Ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na Gaze mu Rwanda (RMB) cyatangaje ko mu mezi icyenda ya mbere y’umwaka wa 2022, ubucukuzi…
Soma ibikurikira » -
Kigali: Babiri bakekwaho kwicisha imbunda batawe muri yombi
Mu itangazo ryashyizwe hanze ku Cyumweru kuwa 4 Ukuboza 2022, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri…
Soma ibikurikira » -
Ukraine: Biden yiteguye guhura na Putin mu kurangiza intambara
Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko yiteguye guhura na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin “niba koko yaba afite ubushake…
Soma ibikurikira » -
Ntabwo turi abajura_Perezida Kagame asubiza RDC ishinja u Rwanda kuyibira umutungo kamere
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango wo kwakira indahiro z’abaminisitiri bashya baheruka guhabwa imyanya muri guverinoma, Dr Sabin Nsanzimana wagizwe…
Soma ibikurikira » -
Polisi yamurikiye abagize Inteko ibijyanye n’impanuka zo mu muhanda mu myaka itatu ishize
Abasenateri bagaragaje impungenge ku izamuka ry’umubare w’abahitanwa n’impanuka zo mu muhanda nubwo hari ingamba zafashwe mu rwego rwo kuzikumira. Nibura…
Soma ibikurikira » -
DRC yateye intambwe mu kwemerera M23 kuguma kubutaka bwayo niyemera kurambika imbunda
Mu nama y’Ibiganira byari bigamije kuvugutira umuti ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa DRC yabereye i Luanda muri Angola itumijweho…
Soma ibikurikira » -
UK-Rwanda: Abaminisitiri ba UK batsinzweho igice ku gusaba ko inama bagiriwe ikomeza kugirwa ibanga
Abaminisitiri batsinzweho igice ku kugerageza kwabo ko gukomeza kugira ibanga urukurikirane rw’amagambo babwiwe n’umujyanama kuri gahunda yo kohereza mu Rwanda…
Soma ibikurikira »