Ubutabera
Amakuru yose yerekeranye n’ubutabera muyasanga hano
-
Mu myaka 3 y’igifungo yakatiwe, Dr Habumuremyi yasubikiwe igihano cy’igifungo cy’amezi 15
Dr Pierre Habumuremyi yasubikiwe igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe n’amezi atatu ariko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rugumishaho igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu…
Soma ibikurikira » -
254 barangije muri ILPD basabwe kwitanga bakemura ibibazo bikigaragara mu rwego rw’Ubutabera
Abarangije amasomo mu ishuri rikuru ryo kwigisha no guteza imbere amategeko, ILDP basabwe kwitanga mu gukemura ibibazo bikigaragara mu rwego…
Soma ibikurikira » -
Amerika n’Ububiligi byatangaje ko Rusesabagina atahawe ubutabera
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Ububiligi byamaganye urubanza rwa Paul Rusesabagina wakatiwe ku wa mbere n’urukiko gufungwa imyaka 25 bivuga ko…
Soma ibikurikira » -
Byarangiye Rusesabagina Paul akatiwe igifungo cy’imyaka 25
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Nzeri, Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya Imipaka, rwasomye imyanzuro y’urubanza…
Soma ibikurikira » -
Ministeri y’Ubutabera yabonye minisitiri mushya Dr UGIRASHEBUJA Emmanuel, Ibyo wamumenyaho
Dr Ugirashebuja Emmanuel niwe wagizwe Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, umwanya asimbuyeho Busingye Johnston uherutse kugirwa Ambasaderi w’u…
Soma ibikurikira » -
Uwari Perezida w’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga Me SEBERA NYUNGA Antoine yeguye kuri iyi mirimo.
Me SEBERA NYUNGA Antoine wari Perezida w’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga kuva kuwa 30 Kanama 2019, yeguye ku mirimo ye ku…
Soma ibikurikira » -
Nyanza: Abahesha b’Inkiko 25 baherutse kurahirira kwinjira muri uyu mwuga basoje amahugurwa y’iminsi 5 muri ILPD
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bashya barahiriye kwinjira mu mwuga w’Ubuhesha kuya 01 Ukuboza 2020, kuri uyu wa gatanu basoje amahugurwa y’iminsi…
Soma ibikurikira » -
Abahesha b’Inkiko bose barangije amahugurwa yo kunoza ikoreshwa rya IECMS mu kurangiza inyandikompesha
Binyuze mu buryo bw’Ikoranabuhanga kubera impazo zo kwirinda icyorezo cya Covid-19, ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bwateguye amahugurwa agenewe buri…
Soma ibikurikira » -
URUGAGA RW’ABAHESHA B’IBINKIKO B’UMWUGA RURI GUHUGURA ABAHESHA B’INKIKO BASHYA 33
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bashya 34 bari guhugurwa muri gahunda y’amahugurwa abanziriza kwinjira mu mwuga w’Ubuhesha bw’Inkiko biganjemo abarahiriye kwinjira mu…
Soma ibikurikira » -
Nimudakora akazi k’ubuhesha bw’Inkiko neza muzatuma abaturage batera icyizere ubutabera:Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye
Ubwo yakiraga indahiro z’abahesha b’Inkiko bashya 25, Minisitiri w’Ubutabera/Intumwa nkuru ya Reta Busingye Johnston, yagarutse ku makosa amwe n’amwe yagiye…
Soma ibikurikira »