Ubutabera
Amakuru yose yerekeranye n’ubutabera muyasanga hano
-
Ubushinjacyaha bwasabiye Rusesabagina igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire gutesha agaciro umwanzuro w’Urukiko Rukuru w’uko Rusesabagina Paul ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba yafungwa imyaka 25, bushimangira ko…
Soma ibikurikira » -
Urukiko rw’ubujurire rwemeje ko urubanza ruregwamo Rusesabagina ruzaburanishwa adahari
Urukiko rw’ubujurire rwemeje ko urubanza ruregwamo abari muri MRCD-FLN ruzaburanishwa Paul Rusesabagina adahari, kuko yanze kwitaba ku bushake. Rwategetse ko…
Soma ibikurikira » -
Rwanda: Urubanza rwasubitswe kubera impaka kuri Paul Rusesabagina nubwo atari ahari
Abaregwa – uretse Paul Rusesabagina, abaregera indishyi, n’ubushinjacyaha, baje mu rukiko rw’Ubujurire kuburana, ariko impaka ku kutahaboneka kwa Rusesabagina zatumye…
Soma ibikurikira » -
“Nta na rimwe u Rwanda ruzemera ko Ruswa iba akarande” Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Dr Nteziryayo Faustin mu kiganiro n’abanyamakuru cyatangije icyumweru cy’Ubucamanza
Ubutabera ku Isonga mu rugamba rwo kurwanya Ruswa. Ni insanganyamatsiko y’icyumweru cy’ubucamanza cyatangiye kuri uyu wa mbere 06 ukuboza kikazasozwa…
Soma ibikurikira » -
Rwanda: Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Abdul Rashid Hakuzimana akurikiranwa afunze
Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko uvuga ko ari umunyapolitiki wigenga Abdul Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo nk’uko byari…
Soma ibikurikira » -
Depite Norbert Neuser yajoye ibyavuzwe n’Inteko ya EU ku rubanza rwa Rusesabagina
Umudepite Norbert Neuser uyoboye itsinda ry’abadepite bo mu Nteko y’Ubumwe bw’u Burayi bari mu Rwanda yagaragaje ko u Rwanda ari…
Soma ibikurikira » -
Batanu bakurikiranweho iterabwoba ntibitabye urukiko, Urubanza rurasubikwa
Kuri uyu wa Kane, mu Rukiko rukuru urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha by’iterabwoba n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza mu majyepfo, hakomeje…
Soma ibikurikira » -
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bo muri Kigali bahawe umurongo uhamye ku ngingo zateraga bamwe urujijo
Nyuma y’aho bigaragariye ko ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu kurangiza imanza n’izindi nyandikompesha IECMS ryazanye impinduka zitandukanye zirimo n’izateye Abahesha b’Inkiko bamwe…
Soma ibikurikira » -
Mu mwaka wa 2020 abantu 286 bahamwe na ruswa-Umuvunyi Mukuru
Urwego rw’Umuvunyi rwatangaje ko mu mwaka ushize wa 2020 abantu 286 bahamwe na ruswa ku buryo bwa burundu ndetse bagatangazwa…
Soma ibikurikira » -
Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cy’urukiko mu rubanza rwa Sankara n’abo bareganwa
Kuya 20 Ukwakira 2021, Ubushinjacyaha Bukuru bwatangaje ko bwamaze kujuririra icyemezo cy’urukiko ku rubanza rwa Nsabimana Callixte n’abo bareganwa hamwe…
Soma ibikurikira »