Andi Makuru

Igabanuka ry’abaringaniza urubyaro riteye impungenge:Madamu Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko kuringaniza urubyaro bifite akamaro kanini mu bijyanye no gushyira imiryango ku murongo ariko ko biteye impungenge kuba ababyitabira bakomeje kugabanuka ku Isi.

Yabigarutseho mu mbwirwaruhame yatanze mu Nama y’Abayobozi b’Abagore (Forum de Haut Niveau des Femmes Leaders) iri kubera i Bujumbura ku nshuro ya kane, kuva kuri uyu wa 9 Ukwakira 2023, yitabiriye ku butumire bwa mugenzi we w’u Burundi, Angelina Ndayishimiye.

Yashimye ibikorwa bigamije iterambere rirambye no kwita ku baturage binyuze muri Fondation Umugiraneza, yashinzwe na Angeline Ndayishimiye byanatumye ahabwa igihembo cy’Ishami rya Loni ryita ku Baturage.

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko nta gushidikanya ko kuboneza urubyaro no kurwanya imirire mibi bikeneye ko abantu bo mu nzego zitandukanye babigiramo uruhare kandi ko bitagarukira ku gushyira intera hagati y’imbyaro ahubwo ari ukwita ku hazaza heza.

Yagarutse ku buryo igwingira mu mikurire y’abana no gucika intege k’ubudahangarwa bw’umubiri bigira ingaruka ndetse bibuza abana amahirwe menshi haba mu by’uburezi, imibanire n’abandi no kugeza bageze mu nzego z’imirimo.

Ati “Twemeranya ko kugira imiryango mito bifite ibyiza byabyo cyane cyane kubona umwanya uhagije n’ibikenewe mu kuyitaho, uburezi bwiza bukagera kuri buri mwana bikagira ingaruka nziza ku iterambere.’’

Yashimangiye ko umwana wese rwose ari umugisha kandi ko nta kindi kintu kinezeza umubyeyi nko gushobora gusubiza ibyifuzo by’uwo yabyaye.

Uretse gufasha mu by’ubukungu, kuringaniza urubyaro ngo bifasha mu gukuza urukundo rwa kibyeyi, gukorana umutuzo no kugira inshingano ku “badukomokaho na sosiyete zacu.’’

Yakomeje ati “Twari dukwiye guhangayikishwa n’igabanuka ry’abakoresha uburyo bwo kuringaniza urubyaro ku rwego rw’Isi nk’uko byagaragajwe mu Kinyamakuru The Lancet mu gihe cya Covid-19. Muri icyo gihe ngo ni na bwo umubare w’abantu bafite ibibazo by’ibiribwa wikubye kabiri nk’uko byatangajwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa, PAM, bagera kuri miliyoni 300.’’

Yagaragaje ko Afurika yateye intambwe ifatika mu bijyanye na politiki zo kuringaniza imbyaro mu myaka 20 ishize kandi ko ifite intumbero yo kugera ku bukungu butanga impinduka ku baturage bayo.

By’umwihariko mu Rwanda hagati ya 2005 na 2020, ikoreshwa ry’uburyo bwo kuringaniza urubyaro mu bagore ryarazamutse riva kuri 17% rigera kuri 64%. Iyi ntambwe yafashije kugabanya imbyaro kuva ku bana batandatu kugeza kuri bane ku mugore umwe.

Mu gihe nk’iki kandi ikigero cy’idindira mu mikurire cyagabanutseho 18% bivuye kuri gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana ndetse igipimo cy’impfu z’abana kiragabanuka kiva kuri 86 kigera kuri 33 ku bana 1000 bavutse ari bazima.

Yagarutse ku gaciro k’ingo mbonezamikurire y’abana bato zitanga serivisi zishingiye ku mirire iboneye n’ibikorwa by’isuku n’isukura mu buryo buhoraho, zigakangura ubuzima bwabo haba mu mitekerereze, imikurire, imibanire yabo n’ibindi. Ikindi ni porogaramu y’akarima k’igikoni, gahingwamo imboga kuri buri rugo ifasha abagize umuryango kubona ifunguro ryiza kandi ryuje intungamubiri.

Yongeyeho ati “Nidushyigikira politiki zo kuringaniza urubyaro tuzaba twubaka sosiyete nziza, yuje ubumuntu aho abaturage bari mu cyiciro cyo gukora bazaba bashobora kubona ibyo abakiri bato bakeneye. Dufite amahirwe yo kuba twahuriye hamwe uyu munsi nk’abantu bafite urubuga n’ubushobozi bwo gushishikariza abandi kugira icyo bakora.’’

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko mu bigomba gushyirwamo imbaraga harimo kongera gusuzuma imiterere ya politiki, gushyira imbaraga mu bukangurambaga bwo gushishikariza abantu kuboneza urubyaro no kurwanya imirire mibi n’igwingira.

Hari kandi gutera inkunga ibikorwa by’ubushakashatsi kuri izi ngingo no gushimangira ubufatanye bw’ibihugu, abikorera na sosiyete sivile. Hari no gushyiraho inzego z’ubuzima zitajegajega kandi zegereye abaturage ku buryo bagerwaho mu buryo bwuzuye na serivisi z’ubuzima bw’imyororokere.

Igihe.com

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 124

  1. Very nice post. I simply stumbled upon your blog and wanted to mention that I have really loved surfing around your blog posts.
    After all I will be subscribing for your feed and I’m hoping you write once
    more soon!

  2. Greetings! I know this is kind of off topic but I was wondering which blog platform
    are you using for this website? I’m getting sick and
    tired of WordPress because I’ve had problems with hackers and I’m looking at alternatives for another platform.
    I would be awesome if you could point me in the direction of a good platform.

  3. I’m not that much of a internet reader to be honest but
    your blogs really nice, keep it up! I’ll go ahead and bookmark your website to come back later on. All the best

  4. Hello excellent blog! Does running a blog similar to this require a lot of work?
    I’ve no knowledge of computer programming however I had been hoping to
    start my own blog soon. Anyway, if you have any recommendations or tips for new blog owners please share.
    I know this is off topic however I simply wanted to ask. Thank you!

  5. What’s Happening i’m new to this, I stumbled upon this I’ve discovered It
    absolutely useful and it has aided me out loads.

    I am hoping to give a contribution & aid other customers like its aided me.
    Good job.

  6. My spouse and I stumbled over here by a different web page and
    thought I should check things out. I like what
    I see so i am just following you. Look forward to exploring your web page yet again.

  7. fantastic put up, very informative. I ponder why the opposite specialists of this sector don’t realize this.
    You should proceed your writing. I am confident, you’ve a huge readers’ base already!

  8. Thank you a bunch for sharing this with all people you actually realize what you are talking approximately!
    Bookmarked. Please also seek advice from my website =). We may have a hyperlink trade arrangement among us

  9. Good day! Do you know if they make any plugins to assist with SEO?
    I’m trying to get my blog to rank for some targeted keywords but I’m not seeing very good results.
    If you know of any please share. Thanks!

  10. Please let me know if you’re looking for a author for your weblog.
    You have some really great articles and I feel I
    would be a good asset. If you ever want to take some of
    the load off, I’d really like to write some articles for your blog in exchange
    for a link back to mine. Please send me an email if interested.
    Many thanks!

  11. When someone writes an article he/she retains the thought of a user in his/her mind
    that how a user can understand it. So that’s why this article is perfect.
    Thanks!

  12. I do not even know the way I ended up here, however I believed this publish used to be great.
    I do not understand who you might be but certainly you are going to a well-known blogger if you are
    not already. Cheers!

  13. Hi there would you mind letting me know which hosting company you’re using?
    I’ve loaded your blog in 3 different web browsers and I must say this blog loads a lot faster then most.
    Can you recommend a good hosting provider at a reasonable price?
    Many thanks, I appreciate it!

  14. I absolutely love your website.. Pleasant colors & theme.
    Did you make this amazing site yourself? Please reply back
    as I’m trying to create my own blog and would like to know
    where you got this from or what the theme is called.
    Many thanks!

  15. What’s Taking place i’m new to this, I stumbled upon this I have discovered It positively useful and
    it has helped me out loads. I’m hoping to contribute &
    assist other users like its aided me. Great job.

  16. I have been exploring for a little for any high quality articles or
    weblog posts in this kind of space . Exploring in Yahoo I ultimately stumbled upon this website.

    Studying this info So i am satisfied to convey that I have an incredibly good uncanny feeling I discovered exactly what I needed.
    I most without a doubt will make sure to don?t put out of your mind this web site and
    give it a glance on a continuing basis.

  17. Write more, thats all I have to say. Literally, it seems as though you relied on the video to make your
    point. You definitely know what youre talking about, why waste
    your intelligence on just posting videos to your blog when you could be giving us
    something informative to read?

  18. This design is incredible! You obviously know how to keep a reader entertained.

    Between your wit and your videos, I was almost moved to start my own blog (well, almost…HaHa!) Fantastic job.
    I really loved what you had to say, and more than that, how you presented it.
    Too cool!

  19. Please let me know if you’re looking for a writer for your weblog.
    You have some really good posts and I think I would be a good asset.

    If you ever want to take some of the load off, I’d love to write some articles
    for your blog in exchange for a link back to mine.
    Please send me an email if interested. Many thanks!

  20. I am curious to find out what blog system you’re
    utilizing? I’m experiencing some small security issues with my latest site and
    I would like to find something more risk-free.
    Do you have any solutions?

  21. Does your blog have a contact page? I’m having trouble locating
    it but, I’d like to shoot you an e-mail. I’ve got some suggestions for your blog you might be interested in hearing.
    Either way, great blog and I look forward to seeing it grow over time.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button