Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
DRC: Muyaya yashimangiye ko Kinshasa itumbereye intambara mu kurangiza ikibazo cya Kivu
Umuvugizi wa leta ya Congo Kinshasa yatangaje ko batangiye “urugendo rwo gukemura burundu” ibibazo “bikabije” by’umutekano mucye mu burasirazuba bw’igihugu…
Soma ibikurikira » -
Eugene Barikana wari Depite yisobanuye ku ntwaro basanze atunze iwe mu rugo.
Eugene Barikana wahoze ari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ubu ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, aho yarwemereye…
Soma ibikurikira » -
Cyamunara yagizwe Tombola aho kuba ipiganwa kubera ihishwa ry’ibiciro by’abapiganwa
Impaka zishingiye ku bibazo bigaragara mu ikorwa rya Cyamunara si ibya vuba aha, mu myaka yashize havugwaga ibibazo birimo iby’abakomisiyoneri…
Soma ibikurikira » -
Umukire wahindutse umumotari kubera guterezwa Cyamunara yise akagambane yagarutsweho na Mupiganyi wa Transparency
Umugabo utatangajwe amazina yasabye inguzanyo muri Banki agamije kubaka inzu, ahabwa miliyoni zisaga 100, atangira kubaka inzu y’igorofa, amafaranga amushirana…
Soma ibikurikira » -
Agahuru k’abashakira amaronko mu biterasoni kuri Youtube katangiye gushya. Yaka mu bafunzwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu batandatu bakurikiranyweho icyaha cyo gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina hakoreshejwe mudasobwa…
Soma ibikurikira » -
Nyanza: Me Gashabana yikuye mu rubanza yunganiragamo Karasira Aimable
Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira kuri uyu wa gatatu yivanye muri uru rubanza ku mpamvu zitatangajwe n’Urukiko. Karasira, umuhanzi…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kureka umuteto no kwirinda amahitamo mabi
Perezida Paul Kagame yibukije urubyiruko rw’abakorerabushake rwateraniye muri BK Arena kuri uyu wa kabiri tariki 7 Gicurasi 2024 kwizihiza imyaka…
Soma ibikurikira » -
Ingengo y’imari y’u Rwanda iziyongeraho 11.2% ingane na miliyari 5690.1 Frw zizakoreshwa muri 2024/2025
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko ingengo y’imari iteganyijwe kuzakoreshwa mu mwaka wa 2024/2025 ari miliyari 5690.1 Frw,…
Soma ibikurikira » -
Kigali:Yatekewe umutwe agura amagi y’inkoko azi ko ari aya Kagoma y’inyamerika.
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, rwaburiye abantu ko ibyaha cyane cyane ibyiganjemo ubwambuzi bushukana (escroquerie) bikomeje kwiyongera umunsi ku wundi, rugaragaza ko…
Soma ibikurikira » -
Ubucamanza bwishimira kuba u Rwanda ari urwa 1 muri Afurika yo munsi ya Sahara mu ikurikizwa ry’amategeko n’ubwo hakiri ibibazo
Mu rugendo rw’imyaka 20 ishize habayeho amavugurura y’urwego rw’ubucamanza mu Rwanda, umwe mu misaruro yishimirwa n’uru rwego hazamo impinduka zitandukanye…
Soma ibikurikira »