Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Prezida Kagame yasabye Dr Jimmy Gasore kwirinda abazamuzanaho ubugambo mu kazi yarahiriye.
Perezida Paul Kagame yasabye Dr Jimmy Gasore wagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo kutemera kubangamirwa na bagenzi be bakorana ngo bitume atuzuza inshingano…
Soma ibikurikira » -
Rwanda:Ibiciro by’ibiribwa byatumbagiyeho 12,3%
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 12,3% muri Kanama 2023. Ni izamuka rya…
Soma ibikurikira » -
Perezida Paul Kagame yakuye mu myanya Habitegeko F na Mukamana E. Bazize iki?
Habitegeko François wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba na Mukamana Espérance wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’lgihugu Gishinzwe Ubutaka bakuwe mu kazi na Perezida…
Soma ibikurikira » -
Bayer Munich amarembo mashya amanyesha isi ibyiza by’u Rwanda.
Guhera ku wa 27 Kanama 2023, u Rwanda rwinjiye mu bufatanye n’Ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage aho mu…
Soma ibikurikira » -
Nzazana amakamyo mbashyiremo njye kubafungira ahantu-Perezida Kagame ku bakora ingendo zijya kuramya Mariya umwamikazi w’Ubukene
Perezida Kagame yavuze ko bitumvikana uburyo abantu bifata bakajya gusenga baramya ubukene mu gihe igihugu cyo gihora giharanira kugera ku…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yibukije abaminisitiri bato mu myaka yahaye inshingano ko kuyobora atari iby’abakuru gusa
Perezida Kagame yavuze ko gufata inshingano zaba izo kuyobora cyangwa izindi zitandukanye bidasaba kuba umuntu ari mukuru ahubwo abakiri bato…
Soma ibikurikira » -
Perezida KAGAME yaburiye urubyiruko kwirinda Indagu,Amarozi, Ruswa, byica Siporo
Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yakomoje kuri bimwe bituma siporo idatera imbere birimo amarozi,ruswa, asaba urubyiruko kubyanga, bakagaragaza ubushobozi bwabo. Ibi…
Soma ibikurikira » -
Rib yataye muri yombi umunyamabanga mukuru wa Ferwacy, umuyobozi aracyakurikiranwa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Munyankindi Benoît mu gihe runakurikiranye…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda umwe mu bafatanyabikorwa ba Ukraine b’ingenzi muri Afurika
Leta ya Ukraine yatangaje ko ku Mugabane wa Afurika u Rwanda ruri mu bihugu ibona nk’umufatanyabikorwa w’ingenzi ndetse yiteguye gukora…
Soma ibikurikira » -
Imiryango irenga 3000 ituye mu manegeka I Kigali
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwasabye imiryango irenga 3000 igituye mu manegeka kuyavamo, birinda gushyira ubuzima bwabo mu kaga. Umujyi wa…
Soma ibikurikira »