Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Abadepite basabye ko abaturiye ikimoteri cya Nduba bimurwa vuba.
Inteko rusange y’Umutwe w’abadepite yasabye ko imiryango 80 ituriye ikimoteri cya Nduba yakwimurwa mu buryo bwihuse kuko ubuzima bwabo buri…
Soma ibikurikira » -
Huye: Umusore yishe mugenzi we bapfa amafaranga 150 y’u Rwanda
Umusore w’imyaka 19 witwaga Muhamahoro Emmanuel yapfuye ku munsi w’ejo taliki 26 Ukwakira 2023 aguye mu bitaro bya Kaminuza bya…
Soma ibikurikira » -
Amanyanga muri Academy ya Bayern Munich yafungishije bamwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abakekwaho gukora ibisa n’amanyanga mu bana bahataniraga kujya muri Academy ya…
Soma ibikurikira » -
RIB yataye muri yombi CG(Rtd) Gasana wari Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi CG (Rtd) Emmanuel Gasana, wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ububasha…
Soma ibikurikira » -
CG (Rtd) Emmanuel Gasana ashobora gukurikiranwa nyuma yo kwirukanwa ku bu Guverineri bw’Intara y’Uburasirazuba
CG (Rtd) Emmanuel Gasana wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yahagaritswe kuri iyo mirimo. Itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga…
Soma ibikurikira » -
Umunyamakuru Theogene washinze Ukwezi TV yakatiwe gufungwa iminsi 30
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko umunyamakuru akaba na nyir’igitangazamakuru Ukwezi TV, Manirakiza Théogène, ukurikiranyweho icyaha cyo gukangisha gusebanya, afungwa…
Soma ibikurikira » -
Njyanama y’Akarere ka Karongi yeguje Mukarutesi Vestine wari Meya.
Inama Njyanama y’Akarere ka Karongi yeguje Mukarutesi Vestine wari umaze imyaka ine ari Umuyobozi w’aka Karere nyuma y’aho yari amaze…
Soma ibikurikira » -
Minicom yasabye ko itegeko rigenga amakoperative ryavugururwa
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda, Prof. Ngabitsinze Jean Chrysostome, yagaragarije abadepite ko bifuza ko itegeko rigenga amakoperative ryavugururwa kubera ibyuho…
Soma ibikurikira » -
Igikuba cyacitse muri belgique nyuma y’igitero cyahitanye abanya Suede 2
Leta y’u Bubiligi yatangaje abanya-Suède babiri bishwe barashwe kuri uyu wa Mbere bazize igitero cy’iterabwoba, byatumye hongerwa abapolisi benshi ku…
Soma ibikurikira » -
Uruzinduko rwa Joe Biden ugiye gusura Israel iri mu ntambara
Perezida Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatatu azagirira uruzinduko muri Israel, kwizeza icyo…
Soma ibikurikira »