Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsi ibyatangajwe na Fane Saunders bitandukanye na gahunda y’u Rwanda ku masezerano na UK
Guverinoma y’u Rwanda yitandukanyije na Terence Fane-Saunders ufite ikigo cyitwa Chelgate cyigeze gukorana nayo mu bijyanye n’itangazamakuru n’inozabubanyi, nyuma y’uko…
Soma ibikurikira » -
Mu kwezi kumwe imvura y’Umuhindo yahitanye 20
Kuva imvura y’umuhindo yatangira kugwa imibare itangwa na Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi igaragaza ko imaze gutwara ubuzima bw’abantu bagera kuri 20…
Soma ibikurikira » -
Gicumbi: Inkuba yakubise abantu 7, ihitana umwe
Mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Kaniga, inkuba yakubise abantu barindwi, umwe ahita ahasiga ubuzima. Byabaye ku mugoroba wo…
Soma ibikurikira » -
Gen (Rtd) Kabarebe yahawe inshingano nshya, Gatare F asubira kuyobora RDB
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, yakoze impinduka mu buyobozi bw’inzego zimwe…
Soma ibikurikira » -
Abakuwe mu nzu kwa Dubai baratakamba ngo basubire munzu zabo
Nyuma y’uko hagaragaye ko inzu z’ubatswe n’umushoramari witwa Jean Nsabimana, uzwi ku izina rya Dubai zubatse nabi, tariki 17 Mata…
Soma ibikurikira » -
Kazungu Denis waburanye yemera ibyaha aregwa yafunzwe iminsi y’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha byo kwica abantu 14 urw’agashinyaguro, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Iki…
Soma ibikurikira » -
Biogaz, umushinga wananiranye usabirwa guhagarara
Komisiyo y’umutwe w’Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC yagiriye inama Minisiteri y’Ibikorwa remezo kureka gukomeza gushyira mu bikorwa…
Soma ibikurikira » -
RFI yashyize umucyo ku burozi bushinjwa abayobozi ba APR FC
Laboratwari y’u Rwanda y’Ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu Butabera, RFI (Rwanda Forensic Laboratory), yemeje ko abakozi ba APR…
Soma ibikurikira » -
Miliyaridi 150$ z’ubutunzi bwo munsi y’ubutaka bw’u Rwanda
Amb. Yamina Karitanyi, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peterole yatangaje ko mu butaka bw’u Rwanda harimo amabuye…
Soma ibikurikira » -
Urubanza rwa Kazungu Denis ushinjwa kwica abantu, rwari rutegerejwe na benshi rwatangiye.
Kuri uyu wa Kane, ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, abantu bari benshi ku rukiko baje gukurikirana urubanza umugabo witwa Kazungu…
Soma ibikurikira »