Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Biogaz, umushinga wananiranye usabirwa guhagarara
Komisiyo y’umutwe w’Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC yagiriye inama Minisiteri y’Ibikorwa remezo kureka gukomeza gushyira mu bikorwa…
Soma ibikurikira » -
RFI yashyize umucyo ku burozi bushinjwa abayobozi ba APR FC
Laboratwari y’u Rwanda y’Ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu Butabera, RFI (Rwanda Forensic Laboratory), yemeje ko abakozi ba APR…
Soma ibikurikira » -
Miliyaridi 150$ z’ubutunzi bwo munsi y’ubutaka bw’u Rwanda
Amb. Yamina Karitanyi, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peterole yatangaje ko mu butaka bw’u Rwanda harimo amabuye…
Soma ibikurikira » -
Urubanza rwa Kazungu Denis ushinjwa kwica abantu, rwari rutegerejwe na benshi rwatangiye.
Kuri uyu wa Kane, ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, abantu bari benshi ku rukiko baje gukurikirana urubanza umugabo witwa Kazungu…
Soma ibikurikira » -
Prezida Kagame yasabye Dr Jimmy Gasore kwirinda abazamuzanaho ubugambo mu kazi yarahiriye.
Perezida Paul Kagame yasabye Dr Jimmy Gasore wagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo kutemera kubangamirwa na bagenzi be bakorana ngo bitume atuzuza inshingano…
Soma ibikurikira » -
Rwanda:Ibiciro by’ibiribwa byatumbagiyeho 12,3%
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 12,3% muri Kanama 2023. Ni izamuka rya…
Soma ibikurikira » -
Perezida Paul Kagame yakuye mu myanya Habitegeko F na Mukamana E. Bazize iki?
Habitegeko François wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba na Mukamana Espérance wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’lgihugu Gishinzwe Ubutaka bakuwe mu kazi na Perezida…
Soma ibikurikira » -
Bayer Munich amarembo mashya amanyesha isi ibyiza by’u Rwanda.
Guhera ku wa 27 Kanama 2023, u Rwanda rwinjiye mu bufatanye n’Ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage aho mu…
Soma ibikurikira » -
Nzazana amakamyo mbashyiremo njye kubafungira ahantu-Perezida Kagame ku bakora ingendo zijya kuramya Mariya umwamikazi w’Ubukene
Perezida Kagame yavuze ko bitumvikana uburyo abantu bifata bakajya gusenga baramya ubukene mu gihe igihugu cyo gihora giharanira kugera ku…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yibukije abaminisitiri bato mu myaka yahaye inshingano ko kuyobora atari iby’abakuru gusa
Perezida Kagame yavuze ko gufata inshingano zaba izo kuyobora cyangwa izindi zitandukanye bidasaba kuba umuntu ari mukuru ahubwo abakiri bato…
Soma ibikurikira »