Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
U Rwanda rwanenze Urukiko rw’i Londres rwavuze ko ari ahantu hadatekanye
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko umwanzuro w’urukiko rw’Ubujurire rw’i Londres mu Bwongereza ku bimukira, ureba urwego…
Soma ibikurikira » -
Impunzi 44 zabaga muri Malawi zigiye kohereza mu Rwanda
Guverinoma ya Malawi ifatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, igiye gucyura mu Rwanda Abanyarwanda 44 babaga muri icyo gihugu…
Soma ibikurikira » -
Huye: Umugore akurikiranyweho kwica umugore bapfuye 500 Frw
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugore w’imyaka 39 ukekwaho kwica umugabo w’imyaka 41 babanaga amukubise umuhini mu mutwe.…
Soma ibikurikira » -
IBUKA yasabye KABUGA indishyi zingana na miliyari ibihumbi 50 Frw
IBUKA yatanze ikirego mu rukiko isabira indishyi abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi zingana na miliyari ibihumbi 50 Frw, kubera ibikorwa bya…
Soma ibikurikira » -
Bamwe mu byishimo, abandi mu gahinda. Perezida Paul Kagame yirukanye abasirikare bakuru muri RDF
Perezida Paul Kagame akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yirukanye mu gisirikare abofisiye 16 mu ngabo barimo Maj Gen…
Soma ibikurikira » -
Perezida Paul Kagame yakoze impinduka mu buyobozi bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda
Perezida Paul Kagame yakoze impinduka mu buyobozi bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda, aho Juvenal Marizamunda yagizwe Minisitiri w’Ingabo, naho Lt Gen…
Soma ibikurikira » -
CIA yahishuye umugambi wa RDC wo gukuraho ubutegetsi mu Rwanda
Inyandiko z’urwego rw’ubutasi za Amerika (CIA) zagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ya Perezida Felix Tshisekedi imaze igihe…
Soma ibikurikira » -
Amerika yasabye RDC guhagarika imikoranire na FDLR no korohera abigaragambya
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony J. Blinken, yagiranye ikiganiro na Perezida Félix Tshisekedi, amusaba…
Soma ibikurikira » -
Inama ya FIFA yinjirije u Rwanda asaga miliyari 10 Frw
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Niyonkuru Zephanie, yahishuye ko kwakira inama za siporo ziri ku rwego rw’iya 73 ya…
Soma ibikurikira » -
Abarimo Rwakunda Christian bafungiwe i Mageragere bazira guhendesha Leta mu isoko yaguzemo inzu ikoreramo amaminisiteri
Rwakunda Christian wahoze ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (Mininfra) n’Umunyemari Rusizana Aloys bafungiwe muri Gereza ya Nyarugenge i Mageragere,…
Soma ibikurikira »