Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Impaka z’ubwikorezi bw’imizigo zavugutiwe umuti na RURA
Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda rwashyizeho amabwiriza agenga kwishyuza imizigo ku bagenzi batega imodoka rusange bajya hiryo no hino. Hirya no…
Soma ibikurikira » -
Canada: Minisitiri w’Intebe n’umugore we batandukanye mu mategeko
Nyuma yo kugirana ibiganiro bigoye cyane, Minisitiri w’Intebe wa Canada Justin Trudeau n’umugore we Sophie bahanye gatanya nyuma y’imyaka y’imyaka…
Soma ibikurikira » -
Niger: Ubufaransa buri guhungisha abaturage
Kubera imidugarararo ikomeje muri Niger nyuma y’ihirika ry’ubutegetsi,abafaransa batuye n’abahafite imirimo bari guhungishwa ibikorwa by’urugomo. Indege ya mbere y’Ubufaransa yerekeje…
Soma ibikurikira » -
Kwigamba gusambanya wa mugore w’i Muhanga bashaka Views bibakozeho
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu babiri barimo umusore wibeshyeye ko ari we wasambanye n’umubyeyi byavuzwe ko ari…
Soma ibikurikira » -
Bite by’ibikomerezwa byitabiriye iyimikwa ry’Umutware w’Abakono byamaganwe na RPF
Abayobozi bakuru no mu nzego zitandukanye bitabiriye ibirori by’iyimikwa ry’Umutware w’abiyita Abagogwe b’Abakono mu Kinigi kuri ubu ntibari kugaragara mu…
Soma ibikurikira » -
Muhanga: Imibiri y’abana 10 bari barohamye muri Nyabarongo yabonetse
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko imibiri y’abana 10 bari barohamye muri Nyabarongo mu mpanuka y’ubwato bwari bubajyanye mu murenge wa…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ruri gukoza imitwe y’intoki ku muhanda wa Gari ya Moshi
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Ngirente Edouard, yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda, Robinah Nabbanja uri mu ruzinduko rw’akazi…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda mu nzira yo gutangiza uruganda rutunganya Lithium
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Peteroli, Mine na Gaz (RMB), Amb. Yamina Karitanyi yatangaje ko u Rwanda mu minsi ya vuba…
Soma ibikurikira » -
Ruswa iranugwanugwa mu myubakire mu mujyi wa Kigali-Umuvunyi
Urwego rw’Umuvunyi rwatangaje ko mu myubakire mu Mujyi wa Kigali hakomeje kugaragaramo ibyuho bya ruswa kandi ko bidindiza imibereho n’iterambere…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwanenze Urukiko rw’i Londres rwavuze ko ari ahantu hadatekanye
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko umwanzuro w’urukiko rw’Ubujurire rw’i Londres mu Bwongereza ku bimukira, ureba urwego…
Soma ibikurikira »