Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Ibiciro ku isoko byazamutseho 17,8% muri Mata
Ikigo gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 17,8% muri Mata 2023 ugereranyije na…
Soma ibikurikira » -
SADC igiye kohereza ingabo muri DR Congo
Ibihugu byo mu muryango w’ubukungu w’Afurika y’amajyepfo (SADC) byemeranyijwe kohereza ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo aho…
Soma ibikurikira » -
Kayonza:Umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umunyeshuri
Umwarimu wigisha ku Ishuri riherereye mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabarondo yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo…
Soma ibikurikira » -
Col. Doumbouya arifuza ko hafungurwa ingendo z’Indege zihuza Conakry na Kigali
Perezida w’Inzibacyuho wa Guinea-Conakry, Col. Mamadi Doumbouya, yasabye Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu gushyira mu bikorwa ibikubiye mu masezerano agamije ubufatanye,…
Soma ibikurikira » -
Abahesha b’Inkiko b’umwuga 44 basezereye rimwe, Ntagikuba cyacitse: Perezida w’Urugaga
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga 44 bahagaritse umurimo icya rimwe, icyakora ubuyobozi bw’urugaga babarizwamo rwahamije ko ari ku bushake bwabo kandi ko…
Soma ibikurikira » -
Ikibazo cy’inzu z’umudugudu witwa ‘Kwa Dubai’ i Kigali, zigiye gusenywa?
Bamwe mu baturage mu murenge wa Kinyinya mu mujyi wa Kigali bategetswe gusohoka mu nzu zabo ngo zisenywe kuko zishobora…
Soma ibikurikira » -
Nta kibazo tutakemura mu gihe dushyize hamwe – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Guinea-Conakry, yagaragaje ko n’ubwo ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo…
Soma ibikurikira » -
Muhanga: Ukekwaho kwica umwarimu wa Kaminuza yishwe arashwe
Dusabe Albert w’imyaka 28 wari ukurikiranyweho kwica umwarimu wa Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare, Dr. Muhirwe Karoro Charles, yarasiwe…
Soma ibikurikira » -
Amasezerano 10 y’ubufatanye yasinwe hagati ya Kenya n’u Rwanda
U Rwanda na Kenya byasinyanye amasezerano 10 agamije ubufatanye mu ngeri zirimo uburezi, ikoranabuhanga, ubuhinzi n’izindi, aho ibihugu byombi biyitezemo…
Soma ibikurikira » -
Perezida William Ruto wa Kenya ari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda rugamije gushimangira umubano hagati y’ibihugu byombi, ahanini mu ngeri…
Soma ibikurikira »