Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Perezida KAGAME yaburiye urubyiruko kwirinda Indagu,Amarozi, Ruswa, byica Siporo
Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yakomoje kuri bimwe bituma siporo idatera imbere birimo amarozi,ruswa, asaba urubyiruko kubyanga, bakagaragaza ubushobozi bwabo. Ibi…
Soma ibikurikira » -
Rib yataye muri yombi umunyamabanga mukuru wa Ferwacy, umuyobozi aracyakurikiranwa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Munyankindi Benoît mu gihe runakurikiranye…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda umwe mu bafatanyabikorwa ba Ukraine b’ingenzi muri Afurika
Leta ya Ukraine yatangaje ko ku Mugabane wa Afurika u Rwanda ruri mu bihugu ibona nk’umufatanyabikorwa w’ingenzi ndetse yiteguye gukora…
Soma ibikurikira » -
Imiryango irenga 3000 ituye mu manegeka I Kigali
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwasabye imiryango irenga 3000 igituye mu manegeka kuyavamo, birinda gushyira ubuzima bwabo mu kaga. Umujyi wa…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Blinken ku bibazo bya RDC
Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony…
Soma ibikurikira » -
Impaka z’ubwikorezi bw’imizigo zavugutiwe umuti na RURA
Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda rwashyizeho amabwiriza agenga kwishyuza imizigo ku bagenzi batega imodoka rusange bajya hiryo no hino. Hirya no…
Soma ibikurikira » -
Canada: Minisitiri w’Intebe n’umugore we batandukanye mu mategeko
Nyuma yo kugirana ibiganiro bigoye cyane, Minisitiri w’Intebe wa Canada Justin Trudeau n’umugore we Sophie bahanye gatanya nyuma y’imyaka y’imyaka…
Soma ibikurikira » -
Niger: Ubufaransa buri guhungisha abaturage
Kubera imidugarararo ikomeje muri Niger nyuma y’ihirika ry’ubutegetsi,abafaransa batuye n’abahafite imirimo bari guhungishwa ibikorwa by’urugomo. Indege ya mbere y’Ubufaransa yerekeje…
Soma ibikurikira » -
Kwigamba gusambanya wa mugore w’i Muhanga bashaka Views bibakozeho
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu babiri barimo umusore wibeshyeye ko ari we wasambanye n’umubyeyi byavuzwe ko ari…
Soma ibikurikira » -
Bite by’ibikomerezwa byitabiriye iyimikwa ry’Umutware w’Abakono byamaganwe na RPF
Abayobozi bakuru no mu nzego zitandukanye bitabiriye ibirori by’iyimikwa ry’Umutware w’abiyita Abagogwe b’Abakono mu Kinigi kuri ubu ntibari kugaragara mu…
Soma ibikurikira »