Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Abarimo Rwakunda Christian bafungiwe i Mageragere bazira guhendesha Leta mu isoko yaguzemo inzu ikoreramo amaminisiteri
Rwakunda Christian wahoze ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (Mininfra) n’Umunyemari Rusizana Aloys bafungiwe muri Gereza ya Nyarugenge i Mageragere,…
Soma ibikurikira » -
Ibiciro ku isoko byazamutseho 17,8% muri Mata
Ikigo gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 17,8% muri Mata 2023 ugereranyije na…
Soma ibikurikira » -
SADC igiye kohereza ingabo muri DR Congo
Ibihugu byo mu muryango w’ubukungu w’Afurika y’amajyepfo (SADC) byemeranyijwe kohereza ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo aho…
Soma ibikurikira » -
Kayonza:Umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umunyeshuri
Umwarimu wigisha ku Ishuri riherereye mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabarondo yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo…
Soma ibikurikira » -
Col. Doumbouya arifuza ko hafungurwa ingendo z’Indege zihuza Conakry na Kigali
Perezida w’Inzibacyuho wa Guinea-Conakry, Col. Mamadi Doumbouya, yasabye Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu gushyira mu bikorwa ibikubiye mu masezerano agamije ubufatanye,…
Soma ibikurikira » -
Abahesha b’Inkiko b’umwuga 44 basezereye rimwe, Ntagikuba cyacitse: Perezida w’Urugaga
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga 44 bahagaritse umurimo icya rimwe, icyakora ubuyobozi bw’urugaga babarizwamo rwahamije ko ari ku bushake bwabo kandi ko…
Soma ibikurikira » -
Ikibazo cy’inzu z’umudugudu witwa ‘Kwa Dubai’ i Kigali, zigiye gusenywa?
Bamwe mu baturage mu murenge wa Kinyinya mu mujyi wa Kigali bategetswe gusohoka mu nzu zabo ngo zisenywe kuko zishobora…
Soma ibikurikira » -
Nta kibazo tutakemura mu gihe dushyize hamwe – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Guinea-Conakry, yagaragaje ko n’ubwo ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo…
Soma ibikurikira » -
Muhanga: Ukekwaho kwica umwarimu wa Kaminuza yishwe arashwe
Dusabe Albert w’imyaka 28 wari ukurikiranyweho kwica umwarimu wa Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare, Dr. Muhirwe Karoro Charles, yarasiwe…
Soma ibikurikira » -
Amasezerano 10 y’ubufatanye yasinwe hagati ya Kenya n’u Rwanda
U Rwanda na Kenya byasinyanye amasezerano 10 agamije ubufatanye mu ngeri zirimo uburezi, ikoranabuhanga, ubuhinzi n’izindi, aho ibihugu byombi biyitezemo…
Soma ibikurikira »