Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Raporo nshya yagarutse ku mikoranire yeruye ya FARDC na FDLR
Raporo nshya itavugwaho rumwe y’Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yashyize ahabona imikoranire y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’imitwe…
Soma ibikurikira » -
Ibizabazwa mu ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire rya 2022
Harabura iminsi irindwi gusa ngo u Rwanda rwinjira mu gikorwa gikomeye cy’ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire rya 2022, rizaba ari irya…
Soma ibikurikira » -
Ubushinwa bwatangiye imyiyereko ya gisirikare ikomeye nyuma y’uruzinduko rwa Pelosi muri Taiwan
Ubushinwa burimo gutangira imyiyereko ya gisirikare ya mbere ikomeye cyane mu nyanja zikikije Taiwan, nyuma yuko umukuru w’inteko ishingamategeko y’Amerika…
Soma ibikurikira » -
DR Congo – Goma: Batanu bamaze gupfira mu myigaragambyo n’ubusahuzi
Abantu batanu bamaze gupfira mu myigaragambyo irimo ibikorwa bikomeje byo gutwika no gusahura ibigo bya MONUSCO mu mujyi wa Goma,…
Soma ibikurikira » -
Russia:Abanya-Ukraine 92 bashyiriweho ibirego by’ibyaha by’Intambara
Umukuru w’akanama k’iperereza k’Uburusiya yavuze ko bwareze abasirikare 92 bo mu ngabo za Ukraine ibyaha byibasiye inyokomuntu (ikiremwamuntu). Alexander Bastrykin…
Soma ibikurikira » -
Burundi: Abashinjwa Coup d’état bahungiye mu Rwanda bashobora kubabarirwa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro, yatangaje ko yizeye ko u Rwanda ruzageraho rukemera gutanga abakekwaho uruhare mu kugerageza…
Soma ibikurikira » -
Suede: Uwizeye Jean yakatiwe Burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore we
Urukiko rwo muri Suwede (Sweden) ku wa Gatanu tariki 22 Nyakanga 2022, rwahanishije igifungo cya burundu no kugarurwa mu Rwanda,…
Soma ibikurikira » -
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zahuriye i Luanda muri Angola
Intumwa ziyobowe na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahaga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zahuriye i Luanda muri Angola,…
Soma ibikurikira » -
Béatrice Munyenyezi yatangiye kuburana mu mizi ku byaha bya jenoside
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwatangiye kumva mu mizi urubanza rwa Béatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside. Ubushinjacyaha bwamushinje kwica abatutsi…
Soma ibikurikira » -
Dr Didas wayoboraga ILPD yagizwe umuyobozi mukuru wa UR
Tariki ya 16 Nyakanga 2022, Kaminuza y’u Rwanda [UR] yahawe ubuyobozi bushya. Dr Didas Kayihura Muganga yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo…
Soma ibikurikira »