Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
RDC: Icyunamo cy’iminsi itatu kubera imvura yishe abantu 120
Minisitiri w’Intebe wa RDC yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu mu gihugu cyose hagomba kuba icyunamo cy’iminsi itatu, yo…
Soma ibikurikira » -
Impanga zaciye agahigo ko kuvukira rimwe ari nyinshi ku isi zatashye amahoro ziva muri Maroc
Abana icyenda bavukiye icya rimwe bakabaho – bonyine ku isi kugeza ubu – basubiye iwabo muri Mali bameze neza nyuma…
Soma ibikurikira » -
Imyigaragambyo yamagana ‘ubwicanyi ku batutsi’ i Kigeme mu Rwanda n’i Bunagana muri DR Congo
Abantu benshi babonetse mu mihanda mu mujyi wa Bunagana ugenzurwa n’umutwe wa M23, no mu nkambi y’impunzi z’abanye-Congo ya Kigeme…
Soma ibikurikira » -
Igitabo Livre Blanc cyashyizwe hanze na DRC kibutsa icyo byitiranwa cyashyizwe hanze n’u Rwanda kubwa Habyarimana
Muri Mutarama 1991, Guverinoma y’u Rwanda yari iyobowe na Perezida Juvenal Habyarimana, yashyize hanze igitabo yise ‘Livre blanc sur l’agression…
Soma ibikurikira » -
DR Congo: Ngoma wa M23 na Ruvugayimikore wa FDLR mu bantu 8 bafatiwe ibihano na EU
Akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi kafatiye ibihano abantu umunani kubera imirwano yo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi…
Soma ibikurikira » -
Monusco ikomeje gushinja M23 kuba inyuma y’ubwicanyi bw’abarenga 100 uri Kishishe na Bambo
Iperereza ry’ibanze ryakorewe hafi y’uduce twa Kishishe na Bambo muri Rutshuru rivuga ko abasivile bagera ku 131 bishwe na M23…
Soma ibikurikira » -
Arenga miliyari 600 Frw yinjijwe n’Ubucuruzi bw’Amabuye y’Agaciro mu mezi icyenda
Ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na Gaze mu Rwanda (RMB) cyatangaje ko mu mezi icyenda ya mbere y’umwaka wa 2022, ubucukuzi…
Soma ibikurikira » -
Kigali: Babiri bakekwaho kwicisha imbunda batawe muri yombi
Mu itangazo ryashyizwe hanze ku Cyumweru kuwa 4 Ukuboza 2022, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri…
Soma ibikurikira » -
Ukraine: Biden yiteguye guhura na Putin mu kurangiza intambara
Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko yiteguye guhura na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin “niba koko yaba afite ubushake…
Soma ibikurikira » -
Ntabwo turi abajura_Perezida Kagame asubiza RDC ishinja u Rwanda kuyibira umutungo kamere
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango wo kwakira indahiro z’abaminisitiri bashya baheruka guhabwa imyanya muri guverinoma, Dr Sabin Nsanzimana wagizwe…
Soma ibikurikira »