Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Ukraine: Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bwa USA yafunzwe n’Abashyigikiye Uburusiya
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika yavuze ko izi amakuru yuko Umunyamerika uba muri Ukraine yafashwe n’abarwanyi baharanira ubwigenge bashyigikiye abasirikare b’Uburusiya.…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abajenerali batatu na Colonel
Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abajenerali batatu bava ku ipeti rya Brigadier General bashyirwa ku ipeti rya Major General…
Soma ibikurikira » -
M23 yamaganye imyanzuro yafatiwe i Luanda muri Angola
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko utiteguye gukurikiza ibyo leta ya…
Soma ibikurikira » -
Muri Angola Kagame na Tshisekedi bemeranyije kurangiza ibibazo biri hagati y’ibihugu byabo byombi
Inama y’Abakuru b’Ibihugu by’u Rwanda na RDC yabereye muri Angola, yasoje bemeranyije kuzahura umubano w’ibihugu byombi, bikazakorwa binyuze muri komisiyo…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasubije RDC ishakira umuti w’ibibazo byayo aho utari
Perezida Kagame yavuze ko yatunguwe cyane n’imyitwarire ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aho ifata ikibazo ifitanye na M23…
Soma ibikurikira » -
Inyungu u Rwanda rwakuye muri CHOGHAM mu ngingo 8
Inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bikoresha ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) yari imaze iminsi ibera i Kigali, yasize urwibutso ku banyarwanda…
Soma ibikurikira » -
Ibimenyetso bishinja u Rwanda gufasha M23 byakomeje kubura
Umuryango w’Abibumbye watangaje ko kugeza ubu Akanama gahuriweho gashinzwe gukurikirana ibibazo bihuza imipaka (EJVM) katarabona ikimenyetso na kimwe gihamya ko…
Soma ibikurikira » -
Sena yemeje gushimira H.E Kagame kubw’imitegurire myiza ya CHOGHAM
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe wa Sena, yemeje igitekerezo cyo gushimira Perezida Paul Kagame ku bw’imitegurire myiza y’Inama ya…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame ku mutwe wa Commonwealth, Madame Scotland yongerewe indi manda nk’umunyamabanga mukuru
Perezida Kagame yatangiye inshingano zo kuyobora Umuryango wa Commonwealth muri manda y’imyaka ibiri, asimbuye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson,…
Soma ibikurikira » -
Boris Johnson yabwiye abashidikanya ku Rwanda ko bakwiye kuza kwirebera
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yanenze abatemera amasezerano igihugu cye giherutse kugirana n’u Rwanda ku gufasha abimukira, avuga ko…
Soma ibikurikira »