Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zahuriye i Luanda muri Angola
Intumwa ziyobowe na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahaga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zahuriye i Luanda muri Angola,…
Soma ibikurikira » -
Béatrice Munyenyezi yatangiye kuburana mu mizi ku byaha bya jenoside
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwatangiye kumva mu mizi urubanza rwa Béatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside. Ubushinjacyaha bwamushinje kwica abatutsi…
Soma ibikurikira » -
Dr Didas wayoboraga ILPD yagizwe umuyobozi mukuru wa UR
Tariki ya 16 Nyakanga 2022, Kaminuza y’u Rwanda [UR] yahawe ubuyobozi bushya. Dr Didas Kayihura Muganga yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo…
Soma ibikurikira » -
Ukraine: Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bwa USA yafunzwe n’Abashyigikiye Uburusiya
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika yavuze ko izi amakuru yuko Umunyamerika uba muri Ukraine yafashwe n’abarwanyi baharanira ubwigenge bashyigikiye abasirikare b’Uburusiya.…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abajenerali batatu na Colonel
Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abajenerali batatu bava ku ipeti rya Brigadier General bashyirwa ku ipeti rya Major General…
Soma ibikurikira » -
M23 yamaganye imyanzuro yafatiwe i Luanda muri Angola
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko utiteguye gukurikiza ibyo leta ya…
Soma ibikurikira » -
Muri Angola Kagame na Tshisekedi bemeranyije kurangiza ibibazo biri hagati y’ibihugu byabo byombi
Inama y’Abakuru b’Ibihugu by’u Rwanda na RDC yabereye muri Angola, yasoje bemeranyije kuzahura umubano w’ibihugu byombi, bikazakorwa binyuze muri komisiyo…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasubije RDC ishakira umuti w’ibibazo byayo aho utari
Perezida Kagame yavuze ko yatunguwe cyane n’imyitwarire ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aho ifata ikibazo ifitanye na M23…
Soma ibikurikira » -
Inyungu u Rwanda rwakuye muri CHOGHAM mu ngingo 8
Inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bikoresha ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) yari imaze iminsi ibera i Kigali, yasize urwibutso ku banyarwanda…
Soma ibikurikira » -
Ibimenyetso bishinja u Rwanda gufasha M23 byakomeje kubura
Umuryango w’Abibumbye watangaje ko kugeza ubu Akanama gahuriweho gashinzwe gukurikirana ibibazo bihuza imipaka (EJVM) katarabona ikimenyetso na kimwe gihamya ko…
Soma ibikurikira »