Ubutabera
Amakuru yose yerekeranye n’ubutabera muyasanga hano
-
Mu mwaka wa 2020 abantu 286 bahamwe na ruswa-Umuvunyi Mukuru
Urwego rw’Umuvunyi rwatangaje ko mu mwaka ushize wa 2020 abantu 286 bahamwe na ruswa ku buryo bwa burundu ndetse bagatangazwa…
Soma ibikurikira » -
Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cy’urukiko mu rubanza rwa Sankara n’abo bareganwa
Kuya 20 Ukwakira 2021, Ubushinjacyaha Bukuru bwatangaje ko bwamaze kujuririra icyemezo cy’urukiko ku rubanza rwa Nsabimana Callixte n’abo bareganwa hamwe…
Soma ibikurikira » -
Dr. Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame
Perezida Kagame yatanze izi mbabazi ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko nk’uko byatangajwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu…
Soma ibikurikira » -
Ubuzima bwacu bufite agaciro nk’ubw’Ababiligi n’Abanyamerika – Kagame asubiza abotsa u Rwanda igitutu kubera Rusesabagina
Perezida Kagame yagarutse ku gitutu kimaze iminsi cyotswa u Rwanda ngo rurekure Paul Rusesabagina, avuga ko urubanza rwe rwaciye mu…
Soma ibikurikira » -
Urukiko rwahamije Idamange Yvonne ibyaha akatirwa gufungwa imyaka 15
Urugereko rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka mu Rwanda rwahamije Yvonne Idamange Iryamugwiza ibyaha yarezwe rumukatira gufungwa imyaka 15. Idamange,…
Soma ibikurikira » -
Mu myaka 3 y’igifungo yakatiwe, Dr Habumuremyi yasubikiwe igihano cy’igifungo cy’amezi 15
Dr Pierre Habumuremyi yasubikiwe igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe n’amezi atatu ariko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rugumishaho igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu…
Soma ibikurikira » -
254 barangije muri ILPD basabwe kwitanga bakemura ibibazo bikigaragara mu rwego rw’Ubutabera
Abarangije amasomo mu ishuri rikuru ryo kwigisha no guteza imbere amategeko, ILDP basabwe kwitanga mu gukemura ibibazo bikigaragara mu rwego…
Soma ibikurikira » -
Amerika n’Ububiligi byatangaje ko Rusesabagina atahawe ubutabera
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Ububiligi byamaganye urubanza rwa Paul Rusesabagina wakatiwe ku wa mbere n’urukiko gufungwa imyaka 25 bivuga ko…
Soma ibikurikira » -
Byarangiye Rusesabagina Paul akatiwe igifungo cy’imyaka 25
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Nzeri, Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya Imipaka, rwasomye imyanzuro y’urubanza…
Soma ibikurikira » -
Ministeri y’Ubutabera yabonye minisitiri mushya Dr UGIRASHEBUJA Emmanuel, Ibyo wamumenyaho
Dr Ugirashebuja Emmanuel niwe wagizwe Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, umwanya asimbuyeho Busingye Johnston uherutse kugirwa Ambasaderi w’u…
Soma ibikurikira »