Ubutabera
Amakuru yose yerekeranye n’ubutabera muyasanga hano
-
Binyuze mu buhuza 6% by’abari bafitanye imanza barumvikanishijwe batarinze kujya mu manza
Ubwo yafunguraga ku mugaragaro Icyumweru cy’Ubucamanza kiri kuba ku nshuro ya 3, Prezida w’Urukiko rw’Ikirenga Dr Ntezilyayo Faustin yashimangiye ko…
Soma ibikurikira » -
Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye ahangayikishijwe n’uko hari abantu bafata ibyaha nk’utuntu tworoshye
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Reta Johnston Busingye yatangaje ko kuba hari abantu bishora ku buryo bworoshye cyane mu…
Soma ibikurikira » -
Abapiganirwa imitungo muri Cyamunara barashima ko uburyo bw’ikoranabuhanga muri Cyamunara bwaciye akavuyo mu byamunara
Abitabira za cyamunara hirya no hino mu gihugu bavuga ko uburyo bushya bwo gukoresha ikornabuhanga muri Cyamunara bumaze gukemura ibibazo…
Soma ibikurikira » -
Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga n’Urwego rw’Umuvunyi basinyanye amasezerano y’Imikoranire mu Kurwanya Ruswa n’akarengane no kurangiza Imanza
Hashingiwe ku bwuzuzanye bugaragara mu nshingano z’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga PBA n’iz’Urwego rw’Umuvunyi, hashingiwe kandi ku kuba imikoranire ya hafi…
Soma ibikurikira » -
Paul RUSESABAGINA ari mu maboko ya RIB ashinjwa ibyaha birimo n”iby’iterabwoba
Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha birimo n’iterabwoba binyuze mu gushakiraga inkunga abarwanya u Rwanda yatawe muri yombi ndetse kuri uyu wa mbere…
Soma ibikurikira » -
Minisiteri y’Ubutabera yamuritse ikoranabuhanga rizafasha ababishaka kugura imitungo muri cyamunara
Minisiteri y’Ubutabera yamuritse ku mugaragaro uburyo bw’ikoranabuhanga buzwi nka ’Electronic Auctioning Platform’ buzajya bwifashishwa mu kurangiza imanza za cyamunara n’inyandiko…
Soma ibikurikira » -
Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko ruri guhugura bwa nyuma Abahesha b’Inkiko mu gukoresha IECMS mu irangizwa ry’Imanza.
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bahawe amahugurwa ya nyuma ku ikoreshwa rya IECMS abategura gutangira gukoresha iri koranabuhanga mu irangizwa ry’Inyandikompesha. Urugaga…
Soma ibikurikira » -
Uwizeyimana Evode ntagikurikiranwa n’ubushinjacyaha ku cyaha cyo guhutaza umusekiritekazi
Ubushinjacyaha bwahagaritse gukurikirana Evode Uwizeyimana wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera, weguye kuri uyu mwanya muri Gashyantare uyu mwaka…
Soma ibikurikira » -
Covid-19, Impamvu yo kwimura urubanza rw’Abanyarwanda batanu bafungiwe i Arusha.
Mu nama y’Akanama ka Loni gashinzwe amahoro ku isi yateranye kuwa mbere mu buryo bw’ikoranabuhanga, nibwo Umucamanza akaba na Perezida…
Soma ibikurikira » -
Ikoranabuhanga rya IECMS mu irangizwa ry’Imanza, Iherezo ry’akajagari kagaragaraga muri iyi mirimo.
Iteka rya ministiri numero 05/MOJ/AG/20 ryasohotse mu igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 12/05/2020 ryerekeye irangizwa ry’inyandikompesha hakoreshejwe…
Soma ibikurikira »