Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Blinken wa USA yasabye Kagame na Tshisekedi ‘gukura abasirikare ku mupaka’
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken avuga ko yavuganye na Perezida w’u Rwanda na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya…
Soma ibikurikira » -
Dr Kayumba Christopher yahamijwe ibyaha akatirwa imyaka 2 isubitse.
Urukiko Rukuru rwahamije Kayumba Christopher icyaha cy’ubwinjiracyaha mu mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, yakoreye ku mukobwa wari umukozi…
Soma ibikurikira » -
Dr Patrick Hitayezu yirukanwe ku mwanya w’umuyobozi muby’ubukungu muri Minecofin
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yirukanye ku mirimo Dr Patrick Hitayezu, kubera imyitwarire idahwitse yatumaga atubahiriza inshingano ashinzwe. Itangazo ryashyizwe…
Soma ibikurikira » -
Nkundineza Jean Paul ushinjwa gutukana mu ruhame yasabiwe gufungwa by’agateganyo
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha, guhoresha ibikangisho no gutangaza amakuru y’ibihuha, yagejejwe…
Soma ibikurikira » -
Polisi yemeje ko yishe umugabo wageragezaga kwiba Kawunga
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga yarashe umugabo bikekwa ko ari igisambo amaze gupakurura imifuka ya Kawunga mu…
Soma ibikurikira » -
Nyamasheke: Abavandimwe 2 bafungiwe gutema umugaride wa Pariki ya Nyungwe.
Abasore 2 bavukana, Rukundo Félicien w’imyaka 31 na Kanyabashi Jean Claude wa 25, bo mu Mudugudu wa Bururi, Akagari ka…
Soma ibikurikira » -
Abadepite basabye ko abaturiye ikimoteri cya Nduba bimurwa vuba.
Inteko rusange y’Umutwe w’abadepite yasabye ko imiryango 80 ituriye ikimoteri cya Nduba yakwimurwa mu buryo bwihuse kuko ubuzima bwabo buri…
Soma ibikurikira » -
Huye: Umusore yishe mugenzi we bapfa amafaranga 150 y’u Rwanda
Umusore w’imyaka 19 witwaga Muhamahoro Emmanuel yapfuye ku munsi w’ejo taliki 26 Ukwakira 2023 aguye mu bitaro bya Kaminuza bya…
Soma ibikurikira » -
Amanyanga muri Academy ya Bayern Munich yafungishije bamwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abakekwaho gukora ibisa n’amanyanga mu bana bahataniraga kujya muri Academy ya…
Soma ibikurikira » -
RIB yataye muri yombi CG(Rtd) Gasana wari Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi CG (Rtd) Emmanuel Gasana, wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ububasha…
Soma ibikurikira »