Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
RIB yatangiye iperereza ku cyateye inkongi yibasiriye igorofa rya Gare ya Musanze.
Inyubako yo muri Gare ya Musanze yibasiwe n’inkongi bikekwa ko yatewe na gaz yo guteka yakoreshwaga n’imwe muri restaurants zikorera…
Soma ibikurikira » -
Amagana y’abantu yashoboye kuva mu bitaro bya Al-Shifa muri Gaza
Abantu amajana n’amajana harimwo na bamwe mu bagwayi bavuye mu bitaro binini cane vya Gaza ku musi wa gatandatu. Bamwe…
Soma ibikurikira » -
Guverinoma y’u Rwanda ntiteze gusubiza miliyoni 120 £ rwahawe na UK
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Alain yavuze ko nubwo amasezerano u Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza yitambitswe n’Urukiko rw’Ikirenga…
Soma ibikurikira » -
Urukiko rw’Ikirenga mu bwongereza rwanzuye ko kohereza abimukira mu Rwanda binyuranyije n’amategeko.
Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza rwanze icyemezo cya Guverinoma y’iki gihugu cyo kohereza mu Rwanda abimukira bacyinjiyemo binyuranyije n’amategeko. Urukiko rwatangaje…
Soma ibikurikira » -
Abacamanza 5 bashya n’Umuyobozi wungirije wa RIB bagejeje indahiro zabo kuri Prezida Kagame
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abacamanza bashya batanu n’Umunyamabanga Mukuru wa RIB Wungirije, abasaba guharanira ko abantu bose bagerwaho n’ubutabera. Abarahiye…
Soma ibikurikira » -
Manirakiza Theo wa UKWEZI TV yateye utwatsi imbabazi yahawe kuko ngo nta cyaha yakoze yasabira imbabazi.
Nzizera Aimable waregaga Umunyamakuru Manirakiza Théogène kumukangisha kumusebya, yamenyesheje urukiko ko yamubabariye, ko mu bushishozi bwarwo rwategeka ko agakurikiranwa adafunzwe…
Soma ibikurikira » -
UK:Suella Braverman yirukanwe mu nkubiri y’amavugurura ya Rishi Sunak
Suella Braverman wari Minisitiri w’Umutekano mu Bwongereza, yakuwe ku mirimo ye azizwa imyitwarire idahwitse. Ni nyuma y’amagambo yavuze anenga uburyo…
Soma ibikurikira » -
Papa Francis yirukanye Musenyeri wo muri Texas utemera imitegekere ye
Papa Francis yirukanye musenyeri Joseph Strickland wo muri leta ya Texas muri Amerika, umunenga bikomeye, ukemanga uburyo Papa ayoboyemo Kiliziya…
Soma ibikurikira » -
Imyaka ibiri y’igifungo arengana, kumvisha Titi Brown cg niko ubutabera buteye?
Nyuma y’imyaka ibiri akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana utarageza imyaka y’ubukure akamutera inda, Titi Brown yagizwe umwere n’Urukiko Rwisumbuye rwa…
Soma ibikurikira » -
Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro ‘Norrsken Kigali House’
Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro ‘Norrsken Kigali House’, Ishami rya Afurika y’Iburasirazuba ry’Ikigo cyo muri Suède, Norrsken gisanzwe gifasha…
Soma ibikurikira »