Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Bugesera: Ikibazo cy’abana bicuruza bazwi nka Sunika Simbabara cyateye Mayor impagarara
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko bugiye kugenzura ikibazo cy’abana bari hagati y’imyaka 12-16 bishoye mu mwuga w’uburaya biyise ‘sunika…
Soma ibikurikira » -
Kagame na Tshisekedi bemereye Amerika kugabanya ubushyamirane.
Ibiro bya Perezida w’Amerika – White House – bivuga ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida Félix Tshisekedi wa…
Soma ibikurikira » -
UK-Rwanda deal:Yolande Makolo mu kizere gishingiye ku mpinduka z’amategako
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko amasezerano mashya ari gukorwa hagati y’igihugu n’u Bwongereza, asubiza ibibazo byagaragajwe…
Soma ibikurikira » -
Hamas ivuga ko amasezerano y’agahenge yegereje
Umutegetsi wa Hamas yasohoye itangazo avuga ko uwo mutwe uri hafi kugera ku cyo yise “amasezerano y’agahenge” na Israel. Ismail…
Soma ibikurikira » -
Mukuralinda yaciye imigani iganisha ku kwitega intambara iva kuri DRC.
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko amagambo Perezida Tshisekedi wa RDC aherutse gutangaza, yerekana neza umugambi…
Soma ibikurikira » -
RIB yatangiye iperereza ku cyateye inkongi yibasiriye igorofa rya Gare ya Musanze.
Inyubako yo muri Gare ya Musanze yibasiwe n’inkongi bikekwa ko yatewe na gaz yo guteka yakoreshwaga n’imwe muri restaurants zikorera…
Soma ibikurikira » -
Amagana y’abantu yashoboye kuva mu bitaro bya Al-Shifa muri Gaza
Abantu amajana n’amajana harimwo na bamwe mu bagwayi bavuye mu bitaro binini cane vya Gaza ku musi wa gatandatu. Bamwe…
Soma ibikurikira » -
Guverinoma y’u Rwanda ntiteze gusubiza miliyoni 120 £ rwahawe na UK
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Alain yavuze ko nubwo amasezerano u Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza yitambitswe n’Urukiko rw’Ikirenga…
Soma ibikurikira » -
Urukiko rw’Ikirenga mu bwongereza rwanzuye ko kohereza abimukira mu Rwanda binyuranyije n’amategeko.
Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza rwanze icyemezo cya Guverinoma y’iki gihugu cyo kohereza mu Rwanda abimukira bacyinjiyemo binyuranyije n’amategeko. Urukiko rwatangaje…
Soma ibikurikira » -
Abacamanza 5 bashya n’Umuyobozi wungirije wa RIB bagejeje indahiro zabo kuri Prezida Kagame
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abacamanza bashya batanu n’Umunyamabanga Mukuru wa RIB Wungirije, abasaba guharanira ko abantu bose bagerwaho n’ubutabera. Abarahiye…
Soma ibikurikira »