Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Abasirikare 3 ba Tanzania biciwe mu gitero cya misile muri RD Congo.
Igitero cy’igisasu cy’imbunda ya rutura ya ‘mortier’ mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyishe abasirikare batatu bo mu…
Soma ibikurikira » -
Kayumba wari umukuru wa gereza ya Rubavu yakatiwe gufungwa imyaka 15.
Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu mu burengerazuba bw’u Rwanda, rwaraye ruhanishije Innocent Kayumba wahoze ari umuyobozi wa gereza ya Rubavu igifungo…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame na madamu we bacanye urumuri rw’icyizere bitangiza kwibuka ku nshuro ya 30
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi,…
Soma ibikurikira » -
Biden yagennye Bill Clinton kuzahagararira Amerika mu kwibuka ku nshuro ya 30
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagennye Bill Clinton, kuzamuhagararira mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya…
Soma ibikurikira » -
Minisitiri w’Intebe Ngirente yitabiriye irahira rya Perezida muto Faye wa Sénégal wagize Sonko Minisitiri w’intebe we
Perezida mushya wa Sénégal Bassirou Diomaye Faye yasezeranyije ko “impinduka yimbitse” hamwe n'”ubusugire bwinshi kurushaho” ari bimwe mu by’ingenzi ashyize…
Soma ibikurikira » -
Minisitiri w’Ubutabera yasabye 362 basoje amasomo y’ubumenyingiro mu by’amategeko muri ILPD guhugukira ikoranabuhanga
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, yagaragarije abanyeshuri basoje amasomo yabo muri ILPD, akamaro k’ikoranabuhanga mu…
Soma ibikurikira » -
Amashayaka ya PSD na PL yemeje Kagame wa FPR nk’umukandida wayo
Ku cyumweru amashyaka Parti Libéral (PL) na Parti Social Démocrate (PSD) yemeje ko azashyigikira umukandida Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi mu…
Soma ibikurikira » -
Kabuhariwe umunya brazil Robinho yafunzwe nyuma yo guhamywa icyaha cyo gufata ku ngufu
Kabuhariwe wahoze ari umukinnyi mpuzamahanga wa Brazil, Robinho, yafatiwe iwe mu rugo ajyanwa muri gereza nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka…
Soma ibikurikira » -
Nyanza: RIB yataye muri yombi umugabo uvugwaho kugira akarima k’Urumogi.
Umugabo w’imyaka 38 yatawe muri yombi n’inzego z’ubugenzacyaha, akaba afungiye kuri RIB, Sitasiyo ya Kibirizi, mu karere ka Nyanza, nyuma…
Soma ibikurikira » -
Museveni yeguriye umuhungu we Gen Muhoozi ubutware bw’igisirikare cyose.
Jenerali Muhoozi Kainerugaba yagizwe umugaba mukuru w’ingabo za Uganda mu mpinduka zakozwe na se Perezida Yoweri Museveni mu ijoro ryacyeye.…
Soma ibikurikira »