Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Kigali: Umugore arakekwaho kwica ateye icyuma umugabo we bakoranaga umwuga wo kubaga
Umugore witwa Bazabagira Apolinie, uzwi nka Asia, wo mu Karere ka Nyarugenge,arakekwaho kwica umugabo we witwa Tuyizere Fidele, amuteye icyuma.…
Soma ibikurikira » -
Nairobi: 2 bapfuye abarenga 200 bakomerekera mu iturika ry’ikamyo y’amacupa ya gaze.
Umuriro mwinshi wadutse utewe n’iturika ry’imodoka yarimwo amacupa ya gaze ku mugwa mukuru wa Kenya, Nairoibi wahitanye abantu babiri n’abandi…
Soma ibikurikira » -
Tshisekedi yiteguye kurimbura abigaruriye ubutaka bw’igihugu cye
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yashimangiye ko ingabo ze zizarimbura nta mbabazi abo muri M23 bigaruriye…
Soma ibikurikira » -
Papa Francis yemeye ko Afurika yafatwa ukwayo ku bibazo by’abatinganyi
Papa Fransisko avuga ko abasenyeri bo muri Afrika “bafatwa ku buryo bwihariye” ahereye ku buryo bamaganye icyemezo cye cyo guha…
Soma ibikurikira » -
Musenyeri Harolimana yatewe agahinda n’ifungwa ry’imipaka y’u Burundi n’u Rwanda
Umwepisikopi wa Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri akaba na Visi Perezida w’Inama y’Abepisikopi mu Rwanda, Musenyeri Vincent Harolimana, yagaragaje akababaro yatewe…
Soma ibikurikira » -
Général Doumbouya prezida wa Guinée yageze mu Rwanda
Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Général Mamadi Doumbouya, yageze mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi rwaturutse ku butumire yahawe na mugenzi we,…
Soma ibikurikira » -
Rutsiro: Imyemerere yatumye bakura abana mu ishuri bavuga ko bagaburirwa ibiva ‘Kwa shitani’
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Mushubati ,bahoze basengera mu itorero ry’abadivantisiti bo ku munsi wa karindwi,bakaza kuryigumuraho kubera…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasubije abavuga amagambo ya gashozantambara ko ku kurinda u Rwanda ntawe azasaba uruhushya
Perezida Paul Kagame yateguje abamaze igihe bifuriza inabi u Rwanda no kuruharabika, ko bazabona isomo. Ni ijambo yavugiye mu nama…
Soma ibikurikira » -
Umugambi uhuje Ndayishimiye na Tshisekedi wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko azakomeza gukora ibishoboka byose agafasha urubyiruko rw’u Rwanda kwibohora agakuraho ubuyobozi buriho. Aya…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yemeje ko bibaye ngombwa basubiza ibyatanzwe na UK ku bimukira izohereza mu Rwanda
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba gahunda y’abimukira bazava mu Bwongereza ikomeje kugenda biguru ntege ari ikibazo kireba u Bwongereza…
Soma ibikurikira »