Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Général Doumbouya prezida wa Guinée yageze mu Rwanda
Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Général Mamadi Doumbouya, yageze mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi rwaturutse ku butumire yahawe na mugenzi we,…
Soma ibikurikira » -
Rutsiro: Imyemerere yatumye bakura abana mu ishuri bavuga ko bagaburirwa ibiva ‘Kwa shitani’
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Mushubati ,bahoze basengera mu itorero ry’abadivantisiti bo ku munsi wa karindwi,bakaza kuryigumuraho kubera…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasubije abavuga amagambo ya gashozantambara ko ku kurinda u Rwanda ntawe azasaba uruhushya
Perezida Paul Kagame yateguje abamaze igihe bifuriza inabi u Rwanda no kuruharabika, ko bazabona isomo. Ni ijambo yavugiye mu nama…
Soma ibikurikira » -
Umugambi uhuje Ndayishimiye na Tshisekedi wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko azakomeza gukora ibishoboka byose agafasha urubyiruko rw’u Rwanda kwibohora agakuraho ubuyobozi buriho. Aya…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yemeje ko bibaye ngombwa basubiza ibyatanzwe na UK ku bimukira izohereza mu Rwanda
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba gahunda y’abimukira bazava mu Bwongereza ikomeje kugenda biguru ntege ari ikibazo kireba u Bwongereza…
Soma ibikurikira » -
Umusirikare wa Congo winjiranye imbunda mu Rwanda yarashwe arapfa
Abasirikare batatu ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo barenze umupaka baza mu Rwanda, babiri muri bo baje gutabwa muri yombi…
Soma ibikurikira » -
RDC: Impungenge z’ibizakurikira itangazwa ry’uwatsinze amatora
Komisyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ikomeje kugenda imurika ibyavuye mu matora igendeye ku bice bitandukanye, Félix…
Soma ibikurikira » -
William Ruto yateye utwatsi icyifuzo cya DRC cyo gufunga Corneille Nangaa n’abambari be
Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko adashobora guta muri yombi itsinda ry’abanyecongo nyuma y’uko mu mpera z’icyumweru gishize bari…
Soma ibikurikira » -
Ambasaderi wa RDC muri Kenya yahamagajwe nyuma y’ishingwa ry’umutwe uyirwanya
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko yahamagaje ambasaderi wayo muri Kenya ngo bagirane ibiganiro, nyuma yuko muri Kenya hashingiwe…
Soma ibikurikira » -
Perezida yakoze impinduka mu buyobozi bw’ibiro bye, mu mujyi wa Kigali na RBA
Perezida Kagame yakoze impinduka mu nzego zitandukanye ahereye ku buyobozi bw’Ibiro bye aho Uwineza Valens yagizwe Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida…
Soma ibikurikira »