Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
U Rwanda rwasabye USA ubusobanuro ku kwivuguruza kwazo ku bibazo bya RDC
Guverinoma y’u Rwanda yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibisobanuro ku kwivuguruza kwayo ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa…
Soma ibikurikira » -
Muyaya yongeye gutakamba asabira u Rwanda ibihano
Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasaba amahanga gufatira ibihano bikomeye u Rwanda, ishinja gufasha inyeshyamba za M23 irwana na zo…
Soma ibikurikira » -
Gakenke: Abanyamasengesho 4 bakubiswe n’inkuba
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 15 Gashyantare 2024 mu Murenge wa Coko mu Kagari Kairima Umudugudu wa Matovu, Inkuba…
Soma ibikurikira » -
Victoire Ingabire yatangiye kuburana asaba guhanagurwaho ubusembwa.
Ikirego Ingabire Victoire Umuhoza yagejeje mu Rukiko Rukuru cyatangiye kuburanishwa aho asaba guhanagurwaho ubusembwa. Ubushinjacyaha bwavuze ko kuva yafungwa atitwaye…
Soma ibikurikira » -
HEC yatangaje ko mu bantu 1000 bakuye impamyabumenyi hanze, 10% ari bo bageze muri ibyo bihugu.
Inama y’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda (HEC) yatangaje ko mu bushakashatsi yakoreye ku bantu 1000 bayisabye ibyangombwa bigaragaza…
Soma ibikurikira » -
Côte d’Ivoire yavuye kure yegukana CAN 2023 itsinze Nigeria 2-1
Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire yegukanye Igikombe cya Afurika cya 2023 nyuma yo gutsinda iya Nigeria ibitego 2-1 ku mukino…
Soma ibikurikira » -
Ibitaro bya Faisal byemeje ko ikibazo cya Twajamahoro watakambiye Kagame muri Rwanda Day biri kugikurikirana
Ubwo Rwanda Day 2024, yari irimbanyije hagaragaye umubyeyi witwa Twajamahoro Nadine wagaragaje ko yarangaranywe ubwo yari agiye kubyara bituma ubwonko…
Soma ibikurikira » -
Perezida wa Pologne yashyikirije abana bafite ubumuga b’i Kibeho impano y’ingirakamaro.
Perezida wa Pologne, Andrzej Duda n’umugore we, Agata Kornhauser-Duda bari mu ruzinduko mu Rwanda basuye abana bafite ubumuga bwo kutabona…
Soma ibikurikira » -
Willy Ngoma wa M23 aranyomoza Gen Ekenge wa FARDC wemeza ko FARDC iri kugenzura Kirotshe
Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo yabwiye abanyamakuru kuwa kabiri nijoro ko izo ngabo zisubije agace ka Kirotshe kari ku muhanda…
Soma ibikurikira » -
Goma: Ubwoba n’impungenge byinshi ku batinya ko M23 igiye kuniga uyu mujyi
Bamwe mu batuye i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru, baravuga ko bafite ubwoba ko inyeshyamba za M23…
Soma ibikurikira »