Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Côte d’Ivoire yavuye kure yegukana CAN 2023 itsinze Nigeria 2-1
Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire yegukanye Igikombe cya Afurika cya 2023 nyuma yo gutsinda iya Nigeria ibitego 2-1 ku mukino…
Soma ibikurikira » -
Ibitaro bya Faisal byemeje ko ikibazo cya Twajamahoro watakambiye Kagame muri Rwanda Day biri kugikurikirana
Ubwo Rwanda Day 2024, yari irimbanyije hagaragaye umubyeyi witwa Twajamahoro Nadine wagaragaje ko yarangaranywe ubwo yari agiye kubyara bituma ubwonko…
Soma ibikurikira » -
Perezida wa Pologne yashyikirije abana bafite ubumuga b’i Kibeho impano y’ingirakamaro.
Perezida wa Pologne, Andrzej Duda n’umugore we, Agata Kornhauser-Duda bari mu ruzinduko mu Rwanda basuye abana bafite ubumuga bwo kutabona…
Soma ibikurikira » -
Willy Ngoma wa M23 aranyomoza Gen Ekenge wa FARDC wemeza ko FARDC iri kugenzura Kirotshe
Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo yabwiye abanyamakuru kuwa kabiri nijoro ko izo ngabo zisubije agace ka Kirotshe kari ku muhanda…
Soma ibikurikira » -
Goma: Ubwoba n’impungenge byinshi ku batinya ko M23 igiye kuniga uyu mujyi
Bamwe mu batuye i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru, baravuga ko bafite ubwoba ko inyeshyamba za M23…
Soma ibikurikira » -
Kigali: Umugore arakekwaho kwica ateye icyuma umugabo we bakoranaga umwuga wo kubaga
Umugore witwa Bazabagira Apolinie, uzwi nka Asia, wo mu Karere ka Nyarugenge,arakekwaho kwica umugabo we witwa Tuyizere Fidele, amuteye icyuma.…
Soma ibikurikira » -
Nairobi: 2 bapfuye abarenga 200 bakomerekera mu iturika ry’ikamyo y’amacupa ya gaze.
Umuriro mwinshi wadutse utewe n’iturika ry’imodoka yarimwo amacupa ya gaze ku mugwa mukuru wa Kenya, Nairoibi wahitanye abantu babiri n’abandi…
Soma ibikurikira » -
Tshisekedi yiteguye kurimbura abigaruriye ubutaka bw’igihugu cye
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yashimangiye ko ingabo ze zizarimbura nta mbabazi abo muri M23 bigaruriye…
Soma ibikurikira » -
Papa Francis yemeye ko Afurika yafatwa ukwayo ku bibazo by’abatinganyi
Papa Fransisko avuga ko abasenyeri bo muri Afrika “bafatwa ku buryo bwihariye” ahereye ku buryo bamaganye icyemezo cye cyo guha…
Soma ibikurikira » -
Musenyeri Harolimana yatewe agahinda n’ifungwa ry’imipaka y’u Burundi n’u Rwanda
Umwepisikopi wa Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri akaba na Visi Perezida w’Inama y’Abepisikopi mu Rwanda, Musenyeri Vincent Harolimana, yagaragaje akababaro yatewe…
Soma ibikurikira »