Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Myugariro Jurriën Timber wa Arsenal mu Rwanda kubwa Visit Rwanda
Myugariro w’Umuholandi, Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal yo mu Bwongereza, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa…
Soma ibikurikira » -
Inteko ya UK yatoye gushyigikira Rishi Sunak mu mushinga we ku Rwanda
Inteko y’Ubwongereza, umutwe w’abadepite (House of Commons), watoshye ushyigikira umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda, uyu mushinga uba utsinze urugamba…
Soma ibikurikira » -
15 Nyakanga 2024, Umunsi w’amahitamo y’abanyarwanda mu matora ya Perezida n’abadepite
Amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite mu mwaka wa 2024 azaba tariki 15 Nyakanga. Byasohotse mu Iteka rya Perezida ryerekeye…
Soma ibikurikira » -
Amerika yemeje ko DRC n’u Rwanda byiyemeje gufasha ihagarara ry’imirwano mu masaha 72.
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Alain Bernard, yatangaje ko nta gitangaza kirimo kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika…
Soma ibikurikira » -
Sunak yaba ari mu kaga kubera amatora ku kohereza abimukira mu Rwanda
Batumiwe mu biro Downing Street bya Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza ngo basangire ifunguro rya mu gitondo. Bareshywa imbonankubone, bareshywa kuri telefone,…
Soma ibikurikira » -
Isura nziza mu kurwanya ruswa yaba ari Baringa mu Rwanda? 13% by’abanyarwanda basanga ruswa ikabije munzego zitandukanye
Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda [Transparency International Rwanda] , wagaragaje ko mu bushakashatsi wakoze wasanze Abanyarwanda 13% babona…
Soma ibikurikira » -
Kendrick Lamar yakoze igitaramo cy’amateka i Kigali
Kendrick Lamar umuhanzi w’umunyamerika w’icyamamare mu njyana ya rap yakoze ‘performance’ yo ku rwego rwo hejuru mu gitaramo cya muzika…
Soma ibikurikira » -
UK: Minisitiri w’abinjira n’abasohoka yeguye kubera ibishya mu kohereza abimukira mu Rwanda
Robert Jenrick yeguye ku mwanya wa minisitiri w’abinjira n’abasohoka mu Bwongereza, kuko atemeranya n’umushinga mushya w’itegeko ku Rwanda wa guverinoma…
Soma ibikurikira » -
Nta mafaranga twongereye u Rwanda ngo rwemere gusinya andi masezerano mashya:James Cleverly
uverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko iy’u Rwanda nta mafaranga y’inyongera yigeze yakira kugira ngo ibashe gusinyana amasezerano mashya yo kwakira…
Soma ibikurikira » -
Abafashe Telephone ku ideni muri gahunda ya Macye Macye barubiye kubera gutenguhwa.
Bamwe mu baturage bafashe ama telephones ku nguzanyo yishyurwa buhoro buhoro muri gahunda yiswe Macye Macye y’ikigo cyitwa Intelligra, barasaba…
Soma ibikurikira »