Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Minisitiri w’ubutegetsi wa UK yaje mu Rwanda gusinya amasezerano ku bimukira
James Cleverly ni Minisitiri wa gatatu w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza ugeze mu Rwanda. Ba minisitiri 3 b’ubutegetsi bw’igihugu — abimukira 0…
Soma ibikurikira » -
Inteko ya EALA ibera mu Rwanda ntizitabirwa n’abadepite ba DRC
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere tariki 27 Ugushyingo 2023 Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba…
Soma ibikurikira » -
Gasana Emmanuel arakomeza gufungwa iminsi 30/umwanzuro w’Urukukiko ku bujurire bwe
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwashimangiye icyemezo cy’urukiko rw’ibanze gifunga Emmanuel Gasana iminsi 30 mu gihe ategereje ko urubanza rwe rutangira.…
Soma ibikurikira » -
Umushabitsi Serge Ndekwe yasenyewe Hotel yari yujuje.
Serge Ndekwe ni Rwiyemezamirimo wamenyekanye cyane mu Mujyi wa Kigali kubera gutangiza Restaurant ifite n’akabari izwi ku izina rya ‘Papyrus’…
Soma ibikurikira » -
Kicukiro: Umusore yiyise umukobwa agamije gusaba akazi
Umusore w’imyaka 17 y’amavuko ukomoka mu Karere ka Gicumbi, yafatiwe mu Mudugudu wa Mulindi mu Kagari ka Kamashashi mu Murenge…
Soma ibikurikira » -
Bugesera: Ikibazo cy’abana bicuruza bazwi nka Sunika Simbabara cyateye Mayor impagarara
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko bugiye kugenzura ikibazo cy’abana bari hagati y’imyaka 12-16 bishoye mu mwuga w’uburaya biyise ‘sunika…
Soma ibikurikira » -
Kagame na Tshisekedi bemereye Amerika kugabanya ubushyamirane.
Ibiro bya Perezida w’Amerika – White House – bivuga ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida Félix Tshisekedi wa…
Soma ibikurikira » -
UK-Rwanda deal:Yolande Makolo mu kizere gishingiye ku mpinduka z’amategako
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko amasezerano mashya ari gukorwa hagati y’igihugu n’u Bwongereza, asubiza ibibazo byagaragajwe…
Soma ibikurikira » -
Hamas ivuga ko amasezerano y’agahenge yegereje
Umutegetsi wa Hamas yasohoye itangazo avuga ko uwo mutwe uri hafi kugera ku cyo yise “amasezerano y’agahenge” na Israel. Ismail…
Soma ibikurikira » -
Mukuralinda yaciye imigani iganisha ku kwitega intambara iva kuri DRC.
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko amagambo Perezida Tshisekedi wa RDC aherutse gutangaza, yerekana neza umugambi…
Soma ibikurikira »