Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Isura nziza mu kurwanya ruswa yaba ari Baringa mu Rwanda? 13% by’abanyarwanda basanga ruswa ikabije munzego zitandukanye
Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda [Transparency International Rwanda] , wagaragaje ko mu bushakashatsi wakoze wasanze Abanyarwanda 13% babona…
Soma ibikurikira » -
Kendrick Lamar yakoze igitaramo cy’amateka i Kigali
Kendrick Lamar umuhanzi w’umunyamerika w’icyamamare mu njyana ya rap yakoze ‘performance’ yo ku rwego rwo hejuru mu gitaramo cya muzika…
Soma ibikurikira » -
UK: Minisitiri w’abinjira n’abasohoka yeguye kubera ibishya mu kohereza abimukira mu Rwanda
Robert Jenrick yeguye ku mwanya wa minisitiri w’abinjira n’abasohoka mu Bwongereza, kuko atemeranya n’umushinga mushya w’itegeko ku Rwanda wa guverinoma…
Soma ibikurikira » -
Nta mafaranga twongereye u Rwanda ngo rwemere gusinya andi masezerano mashya:James Cleverly
uverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko iy’u Rwanda nta mafaranga y’inyongera yigeze yakira kugira ngo ibashe gusinyana amasezerano mashya yo kwakira…
Soma ibikurikira » -
Abafashe Telephone ku ideni muri gahunda ya Macye Macye barubiye kubera gutenguhwa.
Bamwe mu baturage bafashe ama telephones ku nguzanyo yishyurwa buhoro buhoro muri gahunda yiswe Macye Macye y’ikigo cyitwa Intelligra, barasaba…
Soma ibikurikira » -
Minisitiri w’ubutegetsi wa UK yaje mu Rwanda gusinya amasezerano ku bimukira
James Cleverly ni Minisitiri wa gatatu w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza ugeze mu Rwanda. Ba minisitiri 3 b’ubutegetsi bw’igihugu — abimukira 0…
Soma ibikurikira » -
Inteko ya EALA ibera mu Rwanda ntizitabirwa n’abadepite ba DRC
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere tariki 27 Ugushyingo 2023 Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba…
Soma ibikurikira » -
Gasana Emmanuel arakomeza gufungwa iminsi 30/umwanzuro w’Urukukiko ku bujurire bwe
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwashimangiye icyemezo cy’urukiko rw’ibanze gifunga Emmanuel Gasana iminsi 30 mu gihe ategereje ko urubanza rwe rutangira.…
Soma ibikurikira » -
Umushabitsi Serge Ndekwe yasenyewe Hotel yari yujuje.
Serge Ndekwe ni Rwiyemezamirimo wamenyekanye cyane mu Mujyi wa Kigali kubera gutangiza Restaurant ifite n’akabari izwi ku izina rya ‘Papyrus’…
Soma ibikurikira » -
Kicukiro: Umusore yiyise umukobwa agamije gusaba akazi
Umusore w’imyaka 17 y’amavuko ukomoka mu Karere ka Gicumbi, yafatiwe mu Mudugudu wa Mulindi mu Kagari ka Kamashashi mu Murenge…
Soma ibikurikira »