Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Inshuti nziza ya USA itabarizwa muri OTAN: Inyito Biden yahaye Kenya
Perezida w’Amerika Joe Biden yise Kenya inshuti ikomeye itari iyo mu muryango wo gutabarana w’Uburayi n’Amerika (OTAN), bituma Kenya iba…
Soma ibikurikira » -
Rib yafunze ba gitifu babiri kubera kuzimiza ibimenyetso byerekeye Jenoside
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe, n’uw’Akagari ka Ryabizige mu Karere ka Rubavu, bakurikiranweho…
Soma ibikurikira » -
Perezida wa Kenya William Ruto yakojeje agati mu ntozi ku bibazo bya Kinshasa
Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko ikibazo cya M23 ari ikibazo hagati ya leta ya Kinshasa n’abaturage bayo, atari…
Soma ibikurikira » -
Umupolisi warasaga ibisambo yarashe atabishaka SEDO w’akagali muri Rubavu
Umukozi Ushinzwe Iterambere (SEDO) mu Kagari kamwe ko mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, yafashwe n’isasu ryarashwe n’umupolizi…
Soma ibikurikira » -
Ubushomeri mu Rwanda bwagabanyutse ku kigero cya 4.3%
Bwa mbere mu myaka itanu ishize, ubushomeri mu Rwanda bwasubiye munsi y’ikigero bwari buriho mbere ya Covid-19, aho bwageze kuri…
Soma ibikurikira » -
Benjamin Netanyahu n’umukuru wa Hamas Yahya Sinwar mu bashyiriweho manda zibata muri yombi
Umushinjacyaha mukuru w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (CPI/ICC) yasabye ko yahabwa impapuro zo guta muri yombi ministiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu…
Soma ibikurikira » -
Diane Rwigara yakomoje ku rupfu rwa se nk’imbarutso yo kwinjira muri politiki kwe
Mu kiganiro Diane Rwigara yagiranye na BBC yabajijwe ibibazo bitandukanye birimo no kuba yaba yizeye ko kuri iyi nshuro kandidatire…
Soma ibikurikira » -
DRC yamaganye kudeta yapfubye, USA n’andi mahanga bitarutsa uruhare rwabo
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko yamaganye icyo yise “igerageza ryo guhungabanya inzego z’igihugu” ryabaye mu rukerera…
Soma ibikurikira » -
Paul Kagame yamaze gutanga kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yashyikirije Komisiyo y’Amatora, Kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu ahagarariye Umuryango…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yashimangiye uruhare rw’urubyiruko mu guhindura Afurika
Perezida Kagame yashimangiye uruhare rw’urubyiruko mu iterambere rya Afurika mu binyejana biri imbere. Yikije ku bushobozi bwarwo bwo guhindura urwego…
Soma ibikurikira »