Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Umuherwe Rujugiro Tribert yitabye Imana
Umunyemari Rujugiro Ayabatwa Tribert yapfuye. Amakuru dukesha Igihe.com avuga ko kugeza ubu hataramenyekana icyateye urupfu rwe. Uyu mugabo wapfuye ku…
Soma ibikurikira » -
Rulindo: Insoresore zanobye Mudugudu zimukura amenyo
Insoresore eshanu zo mu Karere ka Rulindo zihereranye Umukuru w’Umudugudu ziramukubita zimukura anenyo ndetse zimwaka Telefone n’inkweto yari yambaye. Ibi…
Soma ibikurikira » -
Umukozi wa ISCO yirashe nyuma yo gushinja umugore we kuryamana n’umukozi we
Umukozi wa kompanyi ya ISCO wanabaye umusirikare w’u Rwanda bikekwa ko yirashe bitewe nuko umukozi we yamurongoreye umugore Amakuru y’urupfu…
Soma ibikurikira » -
UK:Abadepite banze impinduka z’abasenateri ku mushinga w’itegeko ry’abimukira
Abadepite bo mu Bwongereza banze impinduka zose ku mushinga w’itegeko ujyanye n’u Rwanda zari zakozwe n’abasenateri, mu gihe ibintu bikomeje…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwabaye urwa 1 ku isi ruhigika DRC mu kohereza Coltan nyinshi mu mahanga.
U Rwanda rwaje ku isonga ku isi nk’igihugu cyohereje Coltan nyinshi mu mahanga mu 2023, akaba ari ku nshuro ya…
Soma ibikurikira » -
Ngororero: 6 bafungiwe kwica umubyeyi wasabaga indezo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abantu batandatu barimo umwarimu n’uwari warabyaranye n’umukobwa wasabaga indezo ari nawe wishwe. RIB ivuga ko…
Soma ibikurikira » -
Abahaha bakomeje guhangayikira ibiciro ku masoko byazamutseho 4,2%
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko muri Werurwe mu 2024, ibiciro ku masoko yo mu mijyi hirya no hino mu gihugu…
Soma ibikurikira » -
Abashinwa 22 batawe muri yombi nyuma y’igihe batuburira abantu bakoresheje ikoranabuhanga
Abategetsi muri Zambia bavuze ko batahuye “igico cyo kuri internet gikora uburiganya bw’urusobe”, bata muri yombi abantu 77, barimo n’Abashinwa…
Soma ibikurikira » -
Abasirikare 3 ba Tanzania biciwe mu gitero cya misile muri RD Congo.
Igitero cy’igisasu cy’imbunda ya rutura ya ‘mortier’ mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyishe abasirikare batatu bo mu…
Soma ibikurikira » -
Kayumba wari umukuru wa gereza ya Rubavu yakatiwe gufungwa imyaka 15.
Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu mu burengerazuba bw’u Rwanda, rwaraye ruhanishije Innocent Kayumba wahoze ari umuyobozi wa gereza ya Rubavu igifungo…
Soma ibikurikira »