Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Nyanza: Me Gashabana yikuye mu rubanza yunganiragamo Karasira Aimable
Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira kuri uyu wa gatatu yivanye muri uru rubanza ku mpamvu zitatangajwe n’Urukiko. Karasira, umuhanzi…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kureka umuteto no kwirinda amahitamo mabi
Perezida Paul Kagame yibukije urubyiruko rw’abakorerabushake rwateraniye muri BK Arena kuri uyu wa kabiri tariki 7 Gicurasi 2024 kwizihiza imyaka…
Soma ibikurikira » -
Ingengo y’imari y’u Rwanda iziyongeraho 11.2% ingane na miliyari 5690.1 Frw zizakoreshwa muri 2024/2025
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko ingengo y’imari iteganyijwe kuzakoreshwa mu mwaka wa 2024/2025 ari miliyari 5690.1 Frw,…
Soma ibikurikira » -
Kigali:Yatekewe umutwe agura amagi y’inkoko azi ko ari aya Kagoma y’inyamerika.
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, rwaburiye abantu ko ibyaha cyane cyane ibyiganjemo ubwambuzi bushukana (escroquerie) bikomeje kwiyongera umunsi ku wundi, rugaragaza ko…
Soma ibikurikira » -
Ubucamanza bwishimira kuba u Rwanda ari urwa 1 muri Afurika yo munsi ya Sahara mu ikurikizwa ry’amategeko n’ubwo hakiri ibibazo
Mu rugendo rw’imyaka 20 ishize habayeho amavugurura y’urwego rw’ubucamanza mu Rwanda, umwe mu misaruro yishimirwa n’uru rwego hazamo impinduka zitandukanye…
Soma ibikurikira » -
Abacungagereza bavuzweho gufungirwa i Rwamagana bakaza kurekurwa, ibyabo byasobanuwe neza
Nyuma y’iminsi mikeya ibitangazamakuru bitandukanye bigaruka ku makuru agaragagaza ko Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwafunze mu buryo bwihariye abacungagereza…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ku mwanya wa nyuma mu bwisanzure bw’itangazamakuru, mu karere.
Raporo y’umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF), yashyize u Rwanda ku mwanya wa nyuma mu karere k’ibiyaga bigari.…
Soma ibikurikira » -
UK:Ikirego gishya ku kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro cyatanzwe n’abakozi ba leta
Ishyirahamwe riharanira inyungu (syndicat) z’abakozi ba leta bo ku rwego rwo hejuru mu Bwongereza ryatanze ikirego kitari bwigere kibaho gitanzwe…
Soma ibikurikira » -
Uwimwe ubuhungiro muri UK yahawe amapawundi £3,000 kugira ngo aze mu Rwanda
Umuntu Ubwongereza bwimye ubuhungiro yabaye uwa mbere ugiye mu Rwanda, bijyanye na gahunda yo kuvana abantu mu Bwongereza ku bushake,…
Soma ibikurikira » -
DR Congo: Impaka nyinshi nyuma y’uko ubushinjacyaha bushaka gukurikirana Cardinal wa Kinshasa
Abanyecongo bakiriye mu buryo butandukanye kuba ubucamanza bw’iki gihugu bushaka gukurikirana Cardinal Fridolin Ambongo Besungu wa Kinshasa akaba n’umukuru w’inama…
Soma ibikurikira »