Ubutabera
Amakuru yose yerekeranye n’ubutabera muyasanga hano
-
U Rwanda ’rwiteguye’ kuburana urubanza rwarezwemo n’umuryango wa Rusesabagina
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yatangaje ko nta mpungenge Abanyarwanda bakwiye kugira ku rubanza umuryango wa Paul…
Soma ibikurikira » -
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga biyemeje kugira uruhare mu kurwanya ababahindanyiriza Umwuga
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bemeye gukomeza urugendo rugamije kunoza umwuga wabo binyuze mu kwicara bakaganira ubwabo mu kuvugutira umuti ibibazo birimo…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasabye abari mu nzego z’Ubutabera kutarebera akarengane
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yasabye abakora mu rwego rw’ubutabera kutarebera akarengane gakorwa, ahubwo bagafata iya mbere mu kukarwanya bafatanije…
Soma ibikurikira » -
Ubushinjacyaha bwasabiye Rusesabagina igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire gutesha agaciro umwanzuro w’Urukiko Rukuru w’uko Rusesabagina Paul ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba yafungwa imyaka 25, bushimangira ko…
Soma ibikurikira » -
Urukiko rw’ubujurire rwemeje ko urubanza ruregwamo Rusesabagina ruzaburanishwa adahari
Urukiko rw’ubujurire rwemeje ko urubanza ruregwamo abari muri MRCD-FLN ruzaburanishwa Paul Rusesabagina adahari, kuko yanze kwitaba ku bushake. Rwategetse ko…
Soma ibikurikira » -
Rwanda: Urubanza rwasubitswe kubera impaka kuri Paul Rusesabagina nubwo atari ahari
Abaregwa – uretse Paul Rusesabagina, abaregera indishyi, n’ubushinjacyaha, baje mu rukiko rw’Ubujurire kuburana, ariko impaka ku kutahaboneka kwa Rusesabagina zatumye…
Soma ibikurikira » -
“Nta na rimwe u Rwanda ruzemera ko Ruswa iba akarande” Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Dr Nteziryayo Faustin mu kiganiro n’abanyamakuru cyatangije icyumweru cy’Ubucamanza
Ubutabera ku Isonga mu rugamba rwo kurwanya Ruswa. Ni insanganyamatsiko y’icyumweru cy’ubucamanza cyatangiye kuri uyu wa mbere 06 ukuboza kikazasozwa…
Soma ibikurikira » -
Rwanda: Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Abdul Rashid Hakuzimana akurikiranwa afunze
Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko uvuga ko ari umunyapolitiki wigenga Abdul Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo nk’uko byari…
Soma ibikurikira » -
Depite Norbert Neuser yajoye ibyavuzwe n’Inteko ya EU ku rubanza rwa Rusesabagina
Umudepite Norbert Neuser uyoboye itsinda ry’abadepite bo mu Nteko y’Ubumwe bw’u Burayi bari mu Rwanda yagaragaje ko u Rwanda ari…
Soma ibikurikira » -
Batanu bakurikiranweho iterabwoba ntibitabye urukiko, Urubanza rurasubikwa
Kuri uyu wa Kane, mu Rukiko rukuru urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha by’iterabwoba n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza mu majyepfo, hakomeje…
Soma ibikurikira »