Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Ubuyobozi bwa RSSB bushima gahunda zifasha abanyarwanda kuzigamira amasaziro yabo ku bushake
Umuyobozi mukuru wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize RSSB, Louise Kanyonga yashimiye BK Capital kubwa gahunda ifasha umuntu ku giti cye kwizigamira…
Soma ibikurikira » -
Kagame yemeye guhurira na Tshisekedi mu nama nshya yiga ku mwuka uri hagati yabo
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bemeye kongera guhuzwa na…
Soma ibikurikira » -
Dynamo y’i Burundi yavuye ku izima yemera kwambara Visit Rwanda.
Ikipe ya Dynamo BBC y’i Burundi yemeye kwambara Visit Rwanda ku myambararo yayo, bityo ikaba igomba gukomeza imikino ya BAL…
Soma ibikurikira » -
Kuki Umuyobozi wa BTN TV yihutishirijwe gufungirwa i Mageragere
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Uwera Pacifique Ahmed, Umuyobozi wa BTN TV akaba n’umunyamigabane wayo, yagiye gufungirwa muri gereza…
Soma ibikurikira » -
U Burundi bwahakanye ibyo kwica Abanyamulenge
Igisirikare cy’u Burundi cyamaganye ibirego by’umutwe w’Abanyamulenge [Twirwaneho], ugishinja kugira uruhare mu bitero byagabwe ku b’Abanyamulenge bari Uvira, muri Kivu…
Soma ibikurikira » -
Rwamagana: Umusore akurikiranyweho kwica Nyina
Umusore w’imyaka 30 y’amavuko witwa Umuhire Evode wo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Rubona akurikiranyweho kwica atemye nyina…
Soma ibikurikira » -
UK: Inteko yongeye kwitambika ibyo kohereza abimukira mu Rwanda
Abagize icyiciro gikuru mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza wagereranya na Sena, kuri uyu wa 4 Werurwe 2024 batoye amavugurura…
Soma ibikurikira » -
Umunyamategeko yatawe muri yombi akekwaho kwaka indonke kugira ngo afashe umuntu
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Rwagasore Théoneste, wari umunyamategeko ukorera mu Mujyi wa Kigali, akurikiranyweho icyaha…
Soma ibikurikira » -
Christiano Ronaldo yahanishijwe ibihano byo kwikiza
Cristiano Ronaldo, Umunya-Portugal ukinira ikipe ya Al Nassr muri Arabie Saoudité yahanishijwe gusiba umukino umwe acibwa n’amafaranga azira gukora ibiterasoni.…
Soma ibikurikira » -
Hakuweho ibihano ku bemera kugaragaza imisoro batatanze
Guverinoma y’u Rwanda yemeje iteka rigamije gukuriraho ibihano abantu n’ibigo runaka bifite imisoro bitatanze, ariko bakaza kwemera kugaragaza ibyo birarane…
Soma ibikurikira »