Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Leta ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko rwa EAC
Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatanze ikirego mu Rukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba (EACJ), ivuga ko u Rwanda ruvogera ubusugire bw’iki…
Soma ibikurikira » -
Ibyo kugabana imitungo 50/50% muri gatanya bishobora gusubirwamo vuba mu Rwanda.
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rishobora gutuma abashakanye batagabanywa imitungo yabo mu buryo bungana, igihe bahisemo…
Soma ibikurikira » -
Umunyamabanga mukuru wa ONU yamaganye igitero cyakomerekeje 8 mu ngabo za MONUSCO
Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye ONU, António Guterres, yamaganye igitero cyagabwe ku ngabo zawo ziri mu butumwa bwa MONUSCO ku wa…
Soma ibikurikira » -
Musanze igiye kugira uruganda rwa mbere rutunganya urumogi
Mu Karere ka Musanze hatangiye imirimo yo kubaka uruganda ruzajya rukora imirimo yo guhinga no gutunganya urumogi, byose bikorewe mu…
Soma ibikurikira » -
Ubuyobozi bwa RSSB bushima gahunda zifasha abanyarwanda kuzigamira amasaziro yabo ku bushake
Umuyobozi mukuru wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize RSSB, Louise Kanyonga yashimiye BK Capital kubwa gahunda ifasha umuntu ku giti cye kwizigamira…
Soma ibikurikira » -
Kagame yemeye guhurira na Tshisekedi mu nama nshya yiga ku mwuka uri hagati yabo
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bemeye kongera guhuzwa na…
Soma ibikurikira » -
Dynamo y’i Burundi yavuye ku izima yemera kwambara Visit Rwanda.
Ikipe ya Dynamo BBC y’i Burundi yemeye kwambara Visit Rwanda ku myambararo yayo, bityo ikaba igomba gukomeza imikino ya BAL…
Soma ibikurikira » -
Kuki Umuyobozi wa BTN TV yihutishirijwe gufungirwa i Mageragere
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Uwera Pacifique Ahmed, Umuyobozi wa BTN TV akaba n’umunyamigabane wayo, yagiye gufungirwa muri gereza…
Soma ibikurikira » -
U Burundi bwahakanye ibyo kwica Abanyamulenge
Igisirikare cy’u Burundi cyamaganye ibirego by’umutwe w’Abanyamulenge [Twirwaneho], ugishinja kugira uruhare mu bitero byagabwe ku b’Abanyamulenge bari Uvira, muri Kivu…
Soma ibikurikira » -
Rwamagana: Umusore akurikiranyweho kwica Nyina
Umusore w’imyaka 30 y’amavuko witwa Umuhire Evode wo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Rubona akurikiranyweho kwica atemye nyina…
Soma ibikurikira »