Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Ingengabihe y’amatora mu Rwanda yamenyekanye
Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko abashaka kwiyamamaza ku mwanya wa perezida w’u Rwanda hamwe no ku mwanya w’abadepite bagomba…
Soma ibikurikira » -
DRC yamaganye amasezerano ku mabuye y’agaciro hagati y’u Rwanda na EU
DR Congo ivuga ko yamaganye amasezerano yo gutunganya amabuye y’agaciro u Rwanda ruherutse kugirana n’Ubumwe bw’Uburayi (EU), ivuga ko ubutaka…
Soma ibikurikira » -
Amerika yumva kimwe n’u Rwanda ko FDLR ari ikibazo gikomeye ku mutekano warwo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa 20 Gashyantare 2024, zemeranyije n’u Rwanda ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ari…
Soma ibikurikira » -
Kamerhe yasabye Prezida Tshisekedi kurasa byeruye ku Rwanda
Vital Kamerhe yingingiye Perezida Felix Tshisekedi gufata icyemezo ntakuka cyo gutera u Rwanda, mu rwego rwo gushyira iherezo ku bitero…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwijeje ko rufite ubwirinzi kandi ko rwiteguye intambara
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yasobanuye ibyerekeranye n’imyiteguro y’u Rwanda mu kurengera umutekano warwo, muri iki gihe havugwa intambara…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwasabye USA ubusobanuro ku kwivuguruza kwazo ku bibazo bya RDC
Guverinoma y’u Rwanda yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibisobanuro ku kwivuguruza kwayo ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa…
Soma ibikurikira » -
Muyaya yongeye gutakamba asabira u Rwanda ibihano
Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasaba amahanga gufatira ibihano bikomeye u Rwanda, ishinja gufasha inyeshyamba za M23 irwana na zo…
Soma ibikurikira » -
Gakenke: Abanyamasengesho 4 bakubiswe n’inkuba
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 15 Gashyantare 2024 mu Murenge wa Coko mu Kagari Kairima Umudugudu wa Matovu, Inkuba…
Soma ibikurikira » -
Victoire Ingabire yatangiye kuburana asaba guhanagurwaho ubusembwa.
Ikirego Ingabire Victoire Umuhoza yagejeje mu Rukiko Rukuru cyatangiye kuburanishwa aho asaba guhanagurwaho ubusembwa. Ubushinjacyaha bwavuze ko kuva yafungwa atitwaye…
Soma ibikurikira » -
HEC yatangaje ko mu bantu 1000 bakuye impamyabumenyi hanze, 10% ari bo bageze muri ibyo bihugu.
Inama y’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda (HEC) yatangaje ko mu bushakashatsi yakoreye ku bantu 1000 bayisabye ibyangombwa bigaragaza…
Soma ibikurikira »