Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
UK: Inteko yongeye kwitambika ibyo kohereza abimukira mu Rwanda
Abagize icyiciro gikuru mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza wagereranya na Sena, kuri uyu wa 4 Werurwe 2024 batoye amavugurura…
Soma ibikurikira » -
Umunyamategeko yatawe muri yombi akekwaho kwaka indonke kugira ngo afashe umuntu
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Rwagasore Théoneste, wari umunyamategeko ukorera mu Mujyi wa Kigali, akurikiranyweho icyaha…
Soma ibikurikira » -
Christiano Ronaldo yahanishijwe ibihano byo kwikiza
Cristiano Ronaldo, Umunya-Portugal ukinira ikipe ya Al Nassr muri Arabie Saoudité yahanishijwe gusiba umukino umwe acibwa n’amafaranga azira gukora ibiterasoni.…
Soma ibikurikira » -
Hakuweho ibihano ku bemera kugaragaza imisoro batatanze
Guverinoma y’u Rwanda yemeje iteka rigamije gukuriraho ibihano abantu n’ibigo runaka bifite imisoro bitatanze, ariko bakaza kwemera kugaragaza ibyo birarane…
Soma ibikurikira » -
RDC yasabye ambasaderi wa Algerie ibisobanuro ku ruzinduko Umugaba Mukuru w’ingabo zayo yagiriye mu Rwanda
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yatumije Ambasaderi wa Algerie, Mohamed Yazid Bouzid, kugira ngo atange ibisobanuro…
Soma ibikurikira » -
Ingengabihe y’amatora mu Rwanda yamenyekanye
Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko abashaka kwiyamamaza ku mwanya wa perezida w’u Rwanda hamwe no ku mwanya w’abadepite bagomba…
Soma ibikurikira » -
DRC yamaganye amasezerano ku mabuye y’agaciro hagati y’u Rwanda na EU
DR Congo ivuga ko yamaganye amasezerano yo gutunganya amabuye y’agaciro u Rwanda ruherutse kugirana n’Ubumwe bw’Uburayi (EU), ivuga ko ubutaka…
Soma ibikurikira » -
Amerika yumva kimwe n’u Rwanda ko FDLR ari ikibazo gikomeye ku mutekano warwo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa 20 Gashyantare 2024, zemeranyije n’u Rwanda ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ari…
Soma ibikurikira » -
Kamerhe yasabye Prezida Tshisekedi kurasa byeruye ku Rwanda
Vital Kamerhe yingingiye Perezida Felix Tshisekedi gufata icyemezo ntakuka cyo gutera u Rwanda, mu rwego rwo gushyira iherezo ku bitero…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwijeje ko rufite ubwirinzi kandi ko rwiteguye intambara
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yasobanuye ibyerekeranye n’imyiteguro y’u Rwanda mu kurengera umutekano warwo, muri iki gihe havugwa intambara…
Soma ibikurikira »